Yagiranye urugwiro n’abana bari aho
Perezida Kagame asubuza abitabiriye ikiganiro
Perezida Kagame ageza ijambo ku baganiriye nawe
Mu cyumba baganiriragamo n’umukuru w’igihugu cyari cyakubise cyuzuye
Bamwe mu bitabiriye icyo kiganiro
Aramukanya n’abitabiriye impanuro ze
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Louise Mushikiwabo aganira n’Abanyarwanda
Abanyarwanda batanga ibitekerezo
Perezida Kagame ageza ijambo ku banyarwanda baba muri Amerika
Abantu batandukanye batanze ibitekerezo
Imbyino Nyarwanda nazo zabyinwe
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Mureke twishime kuko dufite ubuyobozi bwiza, kandi bubereye abaturage
twizeye ko imihuro nkiyi izatuma hari icyo igihugu cyacu cyunguka mu iterambere dore ko ubuyobozi bwiza tubwifitiye