Abo bana 12 bahungabanye barimo gukurikiranirwa hafi n’abaganga ku bitaro bikuru bya Kibuye biri mu mujyi wa Karongi kandi haracyakusanywa imibare y’ibintu byangiritse mu tugari twose twaguyemo iyo mvura simusiga.
Ku bw’amahirwe ariko ngo nta muntu wahitanywe n’iyomvura n’ubwo yari irimo inkuba za karundura; nk’uko byatangajwe na Ndoli Ngarambe Christophe, umuyobozi ushinzwe irangamimerere mu murenge wa Bwishyura.
Gasana Marcellin
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|