Ingabo z’u Rwanda zahawe akazi ko kurinda Perezida wa Centrafrique

Nyuma yuko muri Centrafrique batoye Perezida mushya, Catherine Panza, ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri icyo gihugu zahawe akazi ko mumurinda. Dore amwe mu mafoto yerekana uko byifashe.

Nyuma yuko Catheline Samba Panza atorerwa kuba Perezida wa Centrafrique, ingabo z'u Rwanda zahawe akazi ko kumurinda.
Nyuma yuko Catheline Samba Panza atorerwa kuba Perezida wa Centrafrique, ingabo z’u Rwanda zahawe akazi ko kumurinda.
Lt Col Karangwa agenzura niba abasirikare ba RDF barinze neza umutekano ku icumbi rya Perezida mushya wa Centrafrique, Catheline Panza.
Lt Col Karangwa agenzura niba abasirikare ba RDF barinze neza umutekano ku icumbi rya Perezida mushya wa Centrafrique, Catheline Panza.
Abasirikare ba RDF barinze umutekano ku icumbi rya Perezida mushya wa Centrafrique.
Abasirikare ba RDF barinze umutekano ku icumbi rya Perezida mushya wa Centrafrique.

Kigali Today

Ibitekerezo   ( 13 )

mbega ibintu bishimishije!!1 ahahahhahahah, sha dutsinze igitego kbisa, iri ni ikosra mu ruhando mpuzamahanga

solo yanditse ku itariki ya: 21-01-2014  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka