
Nyuma yuko Catheline Samba Panza atorerwa kuba Perezida wa Centrafrique, ingabo z’u Rwanda zahawe akazi ko kumurinda.

Lt Col Karangwa agenzura niba abasirikare ba RDF barinze neza umutekano ku icumbi rya Perezida mushya wa Centrafrique, Catheline Panza.

Abasirikare ba RDF barinze umutekano ku icumbi rya Perezida mushya wa Centrafrique.
Kigali Today
Ibitekerezo ( 13 )
Ohereza igitekerezo
|
mbega ibintu bishimishije!!1 ahahahhahahah, sha dutsinze igitego kbisa, iri ni ikosra mu ruhando mpuzamahanga