Perezida Kagame yakiriwe mu birori by’ubusabane na mugenzi we wa Botswana

Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu mugoroba yakiriwe mu birori by’ubusabane byateguwe na mugenzi we wa Botswana.

Mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri i Gaborone, Umukuru w’Igihugu aherekejwe n’Abayobozi batandukanye mu nzego nkuru z’Igihugu, barimo Abaminisitiri n’abayobozi b’ibigo bya Leta.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka