Uko gutanga impamyabushobozi muri Kaminuza y’u Rwanda byagenze-Amafoto
Yanditswe na
Roger Marc Rutindukanamurego

Abahungu b’inyamibwa

Abakobwa b’inyamibwa

Abantu bari benshi cyane

Abanyeshuri bari uruvunganzoka binjira muri stade Amahoro

Abanyeshuri bo muri kaminuza zitandukanye bari bicaye muri Stade

Abarimu ba Kaminuza y’u Rwanda

Abarimu mu karasisi

Ababyeyi baherekeje abana bari bategereje kwinjira
MENYA UMWANDITSI
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Isambu irwanyije isuri ni umutwe ukora. Tubifurije ishya n’ihirwe ndetse n’umusaruro unoze uvuye mu byo bize. Ndashimira kandi n’abarimu ba UR babafashije maze inzozi zabo zo kurangiza Kaminuza zikaba impamo. Murakoze.
good good ntakiza nko kwiga ukarangiza bakuru bacu tubifurije amahirwe aho bagiye hanze aha kabisa, nibaze kandi bakunde ,barinde ibyagezweho bagira n’uruhare mukubiteza imbere. courage imbere ni heza.
Nibagirengo Biraragiye Natweturacyiga Bihangane Bagemyebige Babone Masitazi Ntakibazo