Reba uko ibiciro bishya by’ingendo mu modoka za rusange bihagaze

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo mu Mujyi wa Kigali, ndetse n’ibiciro by’ingendo zihuza Intara. Ni ibiciro bigomba gukurikizwa guhera kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Ukwakira 2020, nk’uko itangazo rya RURA ribivuga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 26 )

Nonese kombona ntacyo bagabanyije Kandi ibikomoka kuri petrol byaragabanutse ibi nibiki yewe nimushake mureke ibimaze igihe kuko mureba inyungu zanyu gusa izumuturage ntazizibareba.

Frank yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka