Reba uko ibiciro bishya by’ingendo mu modoka za rusange bihagaze
Yanditswe na
KT Editorial
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo mu Mujyi wa Kigali, ndetse n’ibiciro by’ingendo zihuza Intara. Ni ibiciro bigomba gukurikizwa guhera kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Ukwakira 2020, nk’uko itangazo rya RURA ribivuga.






























Inkuru zijyanye na: RURA n’ibiciro by’ingendo
- Turishimye kubera igabanuka ry’ibiciro by’ingendo - Abagenzi
- Reba ibiciro bishya by’ingendo bivuguruye
- Ikibazo cy’ibiciro by’ingendo cyangezeho – Perezida Kagame
- RURA yahagaritse icyemezo yari iherutse gufata ku biciro by’ingendo
- Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byakiriye ibibazo by’izamuka ry’ibiciro byo gutwara abantu
- Menya impamvu hari imihanda yo muri Kigali yazamuriwe igiciro cy’ingendo
- RURA yasobanuye impamvu ibiciro byo gutwara abagenzi bitasubiye uko byahoze mbere ya Covid-19
- Hari abavuga ko ibiciro bishya byo gutwara abagenzi byabagoye
- Ibiciro by’ingendo mu modoka za rusange byagabanutse
- Kubahiriza amabwiriza y’ingendo mu modoka rusange bizatangira nyuma yo kuvugurura ibiciro - RURA
Ohereza igitekerezo
|
Ubuse kombona ahubwo ibiciro byiyongereye aho kugabanuka!!!abantu bakora muri RURA menya ari bazanyirimodoka zikora taxi,petrol ko ya manutse ibinibiki koko,hashobora kuba hari ikibyihishe inyuma,ibiciro nibijye hasi yibyariho mbere ya covid kuko ntacyintu kigaragara bitwaje bazamura ibiciro,bitaribyo nukudupyinagaza twe rubanda rugufi,banyirimoka za taxi bahombejwe nkatwe twese na covid bidufatanya na Covid rero.
Rura nisubiremo ibibiciro kandi bigabanuke kuko namavuta yaragabanutse
Rura nisubiremo ibibiciro kandi bigabanuke kuko namavuta yaragabanutse
Turasaba rura gusubiramo ibibiciro ntayandi mananiza,igitoro cyaramanutse
Mwiriwe neza turasaba ubuyobozi bwa RuRa kugirango ibiciro by’ingendo bisubirwemo rwose ntibumveko Ari abakora muri company zo gutwara abantu babyongera gusa ahubwo nabo ubwabo ibyo batangaje ntibitunogeye kd rwose bumve ibyifuzo byabaturage kuko na esanse yaragabanutse kurusha mbere ya covide none ahubwo nibwo babizamuye badufashe rwose murakoze.
Rwose murakoze! Ariko rura nacyobakuyeh twosw
Nge ndabona umuturage ahohotewe kuko barebye kunyungu zabo gusa byaba byiza basubijeho ibyariho mbere ya Corona bayobozi bireba mutuvuganire
Nge ndabona umuturage ahohotewe kuko barebye kunyungu zabo gusa byaba byiza basubijeho ibyariho mbere ya Corona bayobozi bireba mutuvuganire
Nge ndabona umuturage ahohotewe kuko barebye kunyungu zabo gusa byaba byiza basubijeho ibyariho mbere ya Corona bayobozi bireba mutuvuganire
Nubundi ugendeye kubiciro buariho mbere ya covid 19 ndabona ntacyahincutseho cyane bivuze ko amatike akiri hejuru, Kandi abagenzi batarahindutse. Rwose bongere baganyeho.
muraho,twishimiye igabanuka ry’ibiciro ark biracyari hejuru ugereranyije n’uko byahoze mbere ya covid19 ababishinzwe bakomeze baturebere murakoze
ark se nkubu rura ibayagendeye kuki?kuberiki ibiciro byingendo bikirihejuru kd imyanya yose yicarwamo wenda mumugi da kuko abahagarara bataruzuza umubare,ark nkakabuga nyabugogo naho harahenze cyane mbere ya covid byari 570 ubungubu ni 720 kuberiki bitasubira nkambere cq ngo wenda murenzeho nka 50frg?muntara ho ntakintu nakimwe cyatuma badasubizaho ibiciro byari bisanzwe kuko nubundi imyanya yose bayicaramo, rwose mujyemwibuka rubanda dugufi kd namwe murebe ahotuyakura nihehe?murakoze
Bavuzeko bashingiye kumapine noguhemba abakozi ibyoturabyumvapeee ariko ntabwo bakabaye babijyenza kuriya ubundise mbere abakozi ntibabahembaga? Amapinese nibambikaga imodoka zabo oya jyewe ukombibona barebyecyane kuri banyirimodoka zabo kurusha uko bakabaye bareba kumpandezombi bongere babijyenzure barebe niba ibyobakoze aribyo murakoze jyewe ndagushyigikiye