Reba uko ibiciro bishya by’ingendo mu modoka za rusange bihagaze

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo mu Mujyi wa Kigali, ndetse n’ibiciro by’ingendo zihuza Intara. Ni ibiciro bigomba gukurikizwa guhera kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Ukwakira 2020, nk’uko itangazo rya RURA ribivuga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 26 )

Ubuse kombona ahubwo ibiciro byiyongereye aho kugabanuka!!!abantu bakora muri RURA menya ari bazanyirimodoka zikora taxi,petrol ko ya manutse ibinibiki koko,hashobora kuba hari ikibyihishe inyuma,ibiciro nibijye hasi yibyariho mbere ya covid kuko ntacyintu kigaragara bitwaje bazamura ibiciro,bitaribyo nukudupyinagaza twe rubanda rugufi,banyirimoka za taxi bahombejwe nkatwe twese na covid bidufatanya na Covid rero.

Twiringiyumukiza yanditse ku itariki ya: 16-10-2020  →  Musubize

Rura nisubiremo ibibiciro kandi bigabanuke kuko namavuta yaragabanutse

Isaac Nsabiyumva yanditse ku itariki ya: 16-10-2020  →  Musubize

Rura nisubiremo ibibiciro kandi bigabanuke kuko namavuta yaragabanutse

Isaac Nsabiyumva yanditse ku itariki ya: 16-10-2020  →  Musubize

Turasaba rura gusubiramo ibibiciro ntayandi mananiza,igitoro cyaramanutse

Isaac Nsabiyumva yanditse ku itariki ya: 16-10-2020  →  Musubize

Mwiriwe neza turasaba ubuyobozi bwa RuRa kugirango ibiciro by’ingendo bisubirwemo rwose ntibumveko Ari abakora muri company zo gutwara abantu babyongera gusa ahubwo nabo ubwabo ibyo batangaje ntibitunogeye kd rwose bumve ibyifuzo byabaturage kuko na esanse yaragabanutse kurusha mbere ya covide none ahubwo nibwo babizamuye badufashe rwose murakoze.

Tuyisenge boniflide yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

Rwose murakoze! Ariko rura nacyobakuyeh twosw

Mw yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

Nge ndabona umuturage ahohotewe kuko barebye kunyungu zabo gusa byaba byiza basubijeho ibyariho mbere ya Corona bayobozi bireba mutuvuganire

Silas yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

Nge ndabona umuturage ahohotewe kuko barebye kunyungu zabo gusa byaba byiza basubijeho ibyariho mbere ya Corona bayobozi bireba mutuvuganire

Silas yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

Nge ndabona umuturage ahohotewe kuko barebye kunyungu zabo gusa byaba byiza basubijeho ibyariho mbere ya Corona bayobozi bireba mutuvuganire

Silas yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

Nubundi ugendeye kubiciro buariho mbere ya covid 19 ndabona ntacyahincutseho cyane bivuze ko amatike akiri hejuru, Kandi abagenzi batarahindutse. Rwose bongere baganyeho.

Elevanie muhayimana yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

muraho,twishimiye igabanuka ry’ibiciro ark biracyari hejuru ugereranyije n’uko byahoze mbere ya covid19 ababishinzwe bakomeze baturebere murakoze

j.baptiste yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

ark se nkubu rura ibayagendeye kuki?kuberiki ibiciro byingendo bikirihejuru kd imyanya yose yicarwamo wenda mumugi da kuko abahagarara bataruzuza umubare,ark nkakabuga nyabugogo naho harahenze cyane mbere ya covid byari 570 ubungubu ni 720 kuberiki bitasubira nkambere cq ngo wenda murenzeho nka 50frg?muntara ho ntakintu nakimwe cyatuma badasubizaho ibiciro byari bisanzwe kuko nubundi imyanya yose bayicaramo, rwose mujyemwibuka rubanda dugufi kd namwe murebe ahotuyakura nihehe?murakoze

tnp yanditse ku itariki ya: 15-10-2020  →  Musubize

Bavuzeko bashingiye kumapine noguhemba abakozi ibyoturabyumvapeee ariko ntabwo bakabaye babijyenza kuriya ubundise mbere abakozi ntibabahembaga? Amapinese nibambikaga imodoka zabo oya jyewe ukombibona barebyecyane kuri banyirimodoka zabo kurusha uko bakabaye bareba kumpandezombi bongere babijyenzure barebe niba ibyobakoze aribyo murakoze jyewe ndagushyigikiye

Nsabimana john yanditse ku itariki ya: 16-10-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka