Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Werurwe 2023 yayoboye Inama y’Abaminisitiri irimo kwiga ku ngamba na Politiki zinyuranye.

Inama nk’iyi yaherukaga kuba tariki 30 Mutarama 2023, haganirwa ku ngingo zitandukanye zigamije kwihutisha impinduka mu mibereho n’ubukungu bw’Igihugu.

Mu nama yaherukaga hari haganiriwe ku byavuye mu ibarura rusange rya gatanu ry’abaturage n’imiturire, ryakozwe umwaka ushize wa 2022.

Kanda HANO urebe imyenzuro yafatiwe mu nama y’Abaminisitiri iheruka

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka