Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri

Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa gatanu tariki 13 Gicurasi 2022 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yize ku ngingo zitandukanye, nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu (Village Urugwiro) byabitangaje.

Perezida Paul Kagame
Perezida Paul Kagame

Inama y’Abaminisitiri iheruka yari yateranye ku wa Gatandatu tariki 09 Mata 2022.

Mu bihe bishize inama nk’izi zagiye ziga ku ngingo zitandukanye zirebana n’ubuzima bw’Igihugu, ariko hakabamo n’izijyanye no gusuzuma ingamba zashyizweho zigamije guhangana n’icyorezo cya COVID-19.

Muri iyi minsi izi ngamba zakomeje kugenda zoroshywa hakurikijwe ko icyorezo cyakomeje gucogora, hakurikijwe kandi kuba u Rwanda rwarashyize ingufu mu gukingira.

Kanda HANO urebe imyanzuro yafatiwe mu nama yo kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Gicurasi 2022.

Kanda HANO urebe imyanzuro yari yafatiwe mu nama y’ubushize.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka