Ntibikiri itegeko kwambara agapfukamunwa - Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Gicurasi 2022 yayoboye Inama y’Abaminisitiri yize ku ngingo zitandukanye.
Mu myanzuro yafatiwe muri iyo nama, harimo uvuga ko bitakiri itegeko kwambara agapfukamunwa. Icyakora abantu barashishikarizwa kwambara agapfukamunwa igihe bari ahantu hafunganye kandi hahuriye abantu benshi.
Mu Rwanda kwambara agapfukamunwa byabaye itegeko guhera tariki 18 Mata 2020 mu rwego rwo kwirinda kwanduza cyangwa kwandura COVID-19.
Imyanzuro yose yafatiwe muri iyi Nama y’Abaminisitiri ikubiye muri iri tangazo:
Inkuru zijyanye na: Coronavirus
- #COVID19: Abanduye batanu babonetse mu bipimo 5,739
- #COVID19: Abanduye 14 babonetse i Kigali n’i Rubavu
- #COVID19: Abanduye batatu babonetse mu bipimo 3,877
- #COVID19: Abantu 11 banduye babonetse mu bipimo 4,863
- #COVID19: Abantu 10 banduye babonetse mu bipimo 4,292
- #COVID19: Abanduye barindwi babonetse i Kigali
- Kuba kwambara agapfukamunwa bitakiri itegeko babivugaho iki?
- #COVID19: Abanduye 15 biganjemo ababonetse i Kigali
- Mu Rwanda harimo gukorwa ubushakashatsi buzerekana ishusho nyayo ya Covid-19
- #COVID19: Abantu 11 banduye babonetse ku wa Gatanu mu bipimo 6,910
- #COVID19: Abantu 11 bashya banduye babonetse mu bipimo 4,598
- #COVID19: Mu Rwanda habonetse abanduye barindwi mu bipimo 5,007
- #COVID19: Abantu icyenda banduye babonetse mu bipimo 5,866
- Video: Agapfukamunwa kavuyeho ariko ntitugomba kwirara kuko Covid-19 iracyariho
- #COVID19: Abantu umunani banduye babonetse mu bipimo 4,657
- #COVID19: Abantu batatu ni bo banduye ku Cyumweru
- #COVID19: Abantu 12 banduye babonetse mu bipimo 7,651
- #COVID19: Abanduye icyenda babonetse mu bipimo 6,702
- #COVID19: Abanduye 12 babonetse mu bipimo 6,102
- I Kigali hongeye kuboneka umubare munini w’abanduye #COVID19
Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Mwiriwe? tunejejwe n’iyi myanzuro ark abanyarwanda ntitwirare kuko Covid19 ntibisobanuye ko yarangiye,ahubwo dukomeze ingamba kugirango n’aho hasigaye kambarwa bizahinduka tubone gusubira mu buzima bwa mbere ya Covid19.
Twishimiye imyanzuro yafatiwe muriyo nama kdi dufite icyizereko covid nidukomeza kwirinda izarangira tugasubira mubuzima busanzwe
imana ihimbazwe agapfukamunwa karikatubangamiye washoboraga guhura n umuntu waruzi ukamunyuraho ukigendera ariko nibadusubiye mubuzima busanzwe nibyiza murakoze.
AYA MAKURU NUMVAGA ATAZABAHO PE!
Thanks Mr. President
Turabyishimiye cya rwose Iman igume ishyigikire umuyobozi wacu agume atugezeho nibindi byiza kd turabiziko ibyiza birimbere tumufite naho twifuza tutazagera nawaruziko nibi byazarangira!