Mushikiwabo atorewe kuba Umunyamabanga Mukuru wa OIF
Yanditswe na
KT Editorial
Louise Mushikiwabo yatorewe kuba Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga ururimi rw’Igifaransa (OIF), asimbuye Umunya-Canada Michaelle Jean wawuyoboraga.
Mushikiwabo yemejwe nyuma y’ijambo rya Perezida Kagame rimushyigikira nk’umukandida w’u Rwanda na Afurika muri rusange.
Mushikiwabo yasaga nk’aho ari umukandida rukumbi, kuko kuva yatangira ibikorwa byo kwiyamamaza yahise agaragarizwa ko ashyigikiwe n’amahanga.
Mushikiwabo agiye kuyobora manda y’imaka ine ariko ishobora kongerwa naramuka akomeje kugirirwa ikizere.

Louise Mushikiwabo yatowe ku bwiganze busesuye bw’ibihugu



Inkuru zijyanye na: OIF
- Perezida Kagame yemeje uruhare rwa OIF mu kwiyunga k’u Rwanda n’u Bufaransa
- Nzanye ikintu gifatika muri OIF - Mushikiwabo
- Urugwiro Mushikiwabo yagaragarijwe rwashimangiye ko mu masaha make ari butorerwe kuyobora OIF- Photo
- Abitabiriye inama ya OIF bahurije ku kwita ku bibazo byugarije isi
- Inama nyirizina ya OIF iratangira kuri uyu wa Kane
- Armenie: Madame Louise Mushikiwabo yasusurukije amahanga mu mbyino Nyarwanda - AMAFOTO
- Armenia: Perezida Kagame yagiye gushyigikira Mushikiwabo wiyamamariza kuyobora OIF
- Mushikiwabo yakandagije ikirenge kimwe mu buyobozi bwa OIF
- Urugendo rwa Louise Mushikiwabo ku buyobozi bwa OIF - AMAFOTO
- RDC ishyigikiye Min Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga mukuru wa OIF
Ohereza igitekerezo
|
oooooh!!!congratulation! kuri Hon.Louise MUSHIKIWABO
nibyiza kandi nibyo gushima! komeza uduheshe ishema nk’abanyafurika by’umwihariko abanyarwanda!!! Imana Izabe ariyo igufasha kuyobora kandi iguhe ububasha bwo kuyobora nkuko yakuzamuye muntera. twishimira Kuba turi abanyarwanda!!!!!!!!!!!!!!
Congratulations!abanyarwanda twese dushimishijwe n’intsinzi ya Louise Mushikiwabo!bigaragaza uburyo duhagaze mu ruhando rw’amahanga dukomeze kwihesha agaciro no kwigiririra ikizere tuzateza igihugu cyacu imbere.
Tugomba kumuha FELICITATIONS-CONGRATULATIONS.
Ni intsinzi ikomye cyane.Ariko nk’umukristu,ndamusaba no gushaka imana cyane,ntaheranwe na politics.Yesu yasize adusabye "gushaka mbere na mbere ubwami bw’imana" nkuko dusoma muli Matayo 6:33.Honors,Titles,Riches,ntacyo bimaze iyo udashyiraho umwete ngo ushake imana.Turabita tugapfa.Ariko iyo ukora ibyo Yesu yasize adusabye,azakuzura ku munsi w’imperuka,aguhe ubuzima bw’iteka nkuko tubisoma muli Yohana 6:40.Dukore kugirango tubeho,ariko dushake n’imana cyane.Twige bible neza iduhindure,tujye mu materaniro ya gikristu,ndetse tujye no mu nzira tubwirize abantu.Niwo murimo Yesu yasize asabye abakristu nyakuri muli Yohana 14:12,nkuko nawe yabigenzaga.
Wooow twishiye itsinzi
Twishimiye iyi ntsinzi ya Afrika,U Rwanda by’umwihariko cyane nanone ikizere abanyarwanda dukomeje kugirirwa n’amahanga. ibi ni agaciro twihesheje ni ishema ryacu nk’abanyarwanda.
Congratulations Hon. Louise MUSHIKIWABO.
Imana ikujye imbere igushoboze muri izo nshingano nshya nibaza ko zitoroshye na gatoya! Komeza wese imihigo Rwanda! Tuturi inyuma!
Wouww, congratulations to her, tumwifurije ishya n ihirwe mumiri
mo mishya agiyemo kd azakomeze guhesha ishema no kumenyekanisha igihugu cyacu.all the best
Ni Amen Rwanda nziza.
congs Mushikiwabo, congs all Rwandan
Twishimiye cyane aya mahirwe n’ikizere abanyarwanda dukomeje kugirirwa n’amahanga. bisobanuye agaciro twihesheje ni ishema ryacu nk’abanyarwanda LOUISE MUSHIKIWABO OYEEEEEE