Musanze: Noneho Meya yadukiriye Dasso nyuma ya ba gitifu (Amajwi)

Iyi nkuru ije ikurikira iyo duherutse kubagezaho muri iki cyumweru, aho umuyobozi w’Akarere ka Musanze Habyarimana Jean Damascene yatamaje bamwe mu bayobozi mu ruhame.

Aba Dasso bo mu Karere ka Musanze basabwe guhindurirwa aho bakorera kubera imikorere idahwitse
Aba Dasso bo mu Karere ka Musanze basabwe guhindurirwa aho bakorera kubera imikorere idahwitse

Mu majwi Kigali Today yatangaje, yumvikanye ahamagara bamwe mu bayobozi b’utugali n’imidugudu, bagiye bijandika mu mikorere mibi irimo ruswa n’ubusinzi.

Kuri ubu yongeye kwihanangiriza aba-Dasso batuzuza inshingano zabo, nk’uko muri bubyumve muri iyi nkuru yateguwe na KT Radio, Radio ya Kigali Today.

Meya Habyarimana Jean Damascene yasabye Dasso kurushaho kunoza imikorere
Meya Habyarimana Jean Damascene yasabye Dasso kurushaho kunoza imikorere

Iyumvire Meya wa Musanze asomera ba Dasso

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Muzaturebere umukuru wumudugudu wa Byimana ahahoze hitwa Rwebeya akunda ruswa araturembeje.hari utubari turara dusakuza ndetse niyo tubimubwiye bamuha ruswa akabihorera ntidusinzira . Meya nadufashe!!!!!!!!

hhh yanditse ku itariki ya: 11-04-2018  →  Musubize

NTAWAMENYE MUZATUBARIZE MEY IMPAMVU?

EMILE yanditse ku itariki ya: 7-04-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka