Kwiyandikisha gukorera Perimi birasubukurwa kuri uyu wa Mbere

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kwiyandikisha gukorera uruhushya rw’agateganyo n’urwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga bisubukurwa ku wa Mbere tariki ya 19 Mata 2021.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 42 )

nukuri mudufashe nanubu ntago kwiyandikisha birakunda kandi turabikeneye cyane rwose!! no gukoresha *90k# nabyo ntibikunda.

Alias yanditse ku itariki ya: 21-04-2021  →  Musubize

Ntago kwiyandikisha bikunda kugeza nuyumunsi taliki 21/4 ntibirakunda,ntibakajye batubeshya rero ikoranabuhanga ryabo ryarabacanze!nibatubwize ukuri basohore irindi tangazo.

Vincent yanditse ku itariki ya: 21-04-2021  →  Musubize

Mwaramutse neza! Eseko Twamenyeshejwe
Itariki yo kwiyandikisha bikaba bigeze
Kuwa 21 bitarakunda Mwaduha Ikihe nizereko tuziyandikisha kubabyifuza?
Murakoze

[email protected] yanditse ku itariki ya: 21-04-2021  →  Musubize

Ikibazo gihari service zi rembo rwose turazinenga gukoraneza byaranze abashinze irembo bihutishe izogahunda bagure imiyoboro naho kuba irembo rikoreshwa na bantu beshi ntibikwiye kuba ikibazo ahubwo byaba ibisubizo abanyarwanda bamaze gutera imbere mugukoresha internet iminsi imaze kuba hafi 4 irembo ridakora Mugire icyomukora natwe dutejyereje turibeshi ibisubizo cyiza

Isaac yanditse ku itariki ya: 21-04-2021  →  Musubize

Mwatubarije ko nanubu kwiyandikisha byanze koko🤔🤔???
Kandi na none ikindi mwatubwira abantu bandika abajya mubizamini burije ibiciro ngo Ni ibihumbi 2000frw!! Ese birakwiye koko??

Murakoze 👃 👃.

Alias yanditse ku itariki ya: 21-04-2021  →  Musubize

Rwose nimudufashe turashaka kwiyandikisha ariko byanze

Yaseti yanditse ku itariki ya: 20-04-2021  →  Musubize

kwiyandikisha mubazakora ibizamini byaranze neza neza dore turinze tugera tariki 20/4 bitaremera!!

herve yanditse ku itariki ya: 20-04-2021  →  Musubize

Ko kwiyandikisha byanze mwatubarije uko twabigenza

Gigi yanditse ku itariki ya: 20-04-2021  →  Musubize

𝑴𝒘𝒂𝒓𝒂𝒎𝒖𝒕𝒔𝒆 𝒎𝒃𝒂𝒃𝒂𝒛𝒆 𝒏𝒌𝒖𝒃𝒖𝒋𝒚𝒆𝒘𝒆 𝒏𝒂𝒓𝒊𝒚𝒂𝒏𝒅𝒊𝒌𝒊𝒔𝒉𝒊𝒋𝒆 𝒎𝒖𝒌𝒘𝒂𝒄𝒖𝒎𝒊12
𝑲𝒖𝒌𝒊𝒛𝒂𝒎𝒊𝒏𝒊 𝑪𝒚 𝒓𝒖𝒉𝒖𝒔𝒉𝒚𝒂𝒓𝒘𝒂𝒈𝒂𝒕𝒆𝒈𝒂𝒏𝒚𝒐
𝑵𝒅𝒂𝒏𝒊𝒔𝒉𝒚𝒖𝒓𝒂 𝒏𝒕𝒊𝒃𝒂𝒎𝒑𝒂 𝒌𝒐𝒅𝒆 𝒋𝒚𝒂𝒌𝒖𝒎𝒖𝒉𝒊𝒎𝒂 𝒈𝒖𝒔𝒐𝒃𝒂𝒏𝒖𝒛𝒂 𝒃𝒂𝒃𝒘𝒊𝒓𝒂𝒏𝒈𝒐 𝒏𝒊𝒏𝒕𝒆𝒋𝒚𝒆𝒓𝒆𝒛𝒆 𝒌𝒐𝒅𝒆
𝑼𝒃𝒘𝒐 𝒈𝒖𝒎𝒂𝒎𝒖𝒓𝒖𝒈𝒐 𝒊𝒉𝒊𝒕𝒂 𝒊𝒃𝒊𝒗𝒂𝒏𝒈𝒂 𝒏𝒂𝒏𝒖𝒃𝒖 𝒔𝒊𝒏𝒅𝒂𝒃𝒐𝒏𝒂 𝒌𝒐𝒅𝒆 𝒖𝒃𝒘𝒐 𝒏𝒅𝒊𝒌𝒖𝒃𝒂𝒃𝒒𝒛𝒂 𝒏𝒈𝒐 𝒂𝒚𝒐𝒏𝒊𝒔𝒉𝒚𝒖𝒚𝒆 𝒚𝒂𝒓𝒂𝒉𝒊𝒚𝒆 𝒌𝒐𝒌𝒐 𝒎𝒖𝒓𝒂𝒌𝒐𝒛𝒆 𝒏𝒕𝒆𝒈𝒆𝒓𝒆𝒋𝒆 𝒊𝒈𝒊𝒔𝒖𝒃𝒊𝒛𝒐 𝒄𝒚𝒂𝒏𝒚𝒖 𝒏𝒅𝒊𝒎𝒖𝒌𝒂𝒓𝒆𝒓𝒆 𝒌𝒂𝒈𝒂𝒔𝒂𝒃𝒐

𝑬𝒓𝒊𝒏𝒆𝒔 𝒉𝒂𝒃𝒂𝒏𝒂𝒃𝒂𝒔𝒉𝒂𝒌𝒂 yanditse ku itariki ya: 20-04-2021  →  Musubize

Ari kugkorera ikizami kuri mudasobwa no ku rupapuro ikizabanza nikihe?
Murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 20-04-2021  →  Musubize

*909# ntibikunda.

AKAYEZU yanditse ku itariki ya: 20-04-2021  →  Musubize

Nshaka kwiyandikisha gukorera provisiore none byanze

irakoze jeremie yanditse ku itariki ya: 19-04-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka