Kwiyandikisha gukorera Perimi birasubukurwa kuri uyu wa Mbere
Yanditswe na
KT Editorial
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kwiyandikisha gukorera uruhushya rw’agateganyo n’urwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga bisubukurwa ku wa Mbere tariki ya 19 Mata 2021.
Kwiyandikisha gukora ikizamini cyuruhusha rwagateganyo kwiyandikisha niryari
Mwirineza icyibazo cyange Niki kwiyandikisha kur provisare kuri online byobizakora ryari mudufashe nukuri turabishaka kd turabyifuza pe priss mudufashe,
Muraho neza nabazaga ngo muzasubukura gukora ikizamini cya perims 2 ese kirakibuga cyikanombe kizarya gukora Ute nibisazwe cyarwa harizindi mpinduka murakoze
Muzasubukura ryari mukwandika uruhushya rwaburundu perme
Muzongera gufungura ryari kubashak kwiyandikisha mu gushak uruhushya two gutwara ibinyabiziga , murakoze!
kwiyandikisha Byanze rwose mwadufasha
mwaramutse ese umuntu ufite perime y,in kongomani yemerewe kuba yakora taxi yamoto mu Rwanda?
Kucyi koko kwoyandikisja byabaye ikibazo
Mutubwire uburyo bundi bwo kwiyandikisha niba bishoboka kuko provisoire nari narongeresheje iminsi irarangirana nukwezi kwa cyenda ndabona irembo byaranze rwose
Ubuherutse kwiyandikisha byarikibazo kugezubwo abashakaga kwiyandikisha byaranze nyuma hasohotse itangazo rivugako irembo ryagize ikibazo none mwadufasha mukatumenyesha iki ndi gihe cyi kwiyandikisha cyane cyane kurimudasobwa kuburyo bwokwirinda covid-19 murakoze turategereje
Mudufashe turashaka kwiyandi tugakorera uruhushya rwagateganyo
Mwaramutse neza mwadufasha mukongera kutumenyesha igihe cyo kwiyandikisha mugukorera perime murakoze
Mwiriwe nitwa uwambajimana Marco ikibazo mfite nariyindikishije mugusa gukorera uruhusa rwagateganyo rwogutwara ibinyabiziga arikonta nkodebampaye yigukoreraho ntanitariki mwamfashamukandebera ikibazokirimo kuko namezekwishyura5000frs
NGEWE FITIKIBAZO NDIYANDIKISHA NTIBIKUNDE
KANDI PROVISWARI YANGE YARANGIJE UMWAKUMWE
GUSA SINIGEZE NJYAKONGERESHA KUKO HARI MURI C.V.D.
NONE NIMUNGIRINAMA ESE YABARIYO MPANVU
MURAKOZE KU MBAYEMBASHIMIYE KUBWIGISUBZO
CYANYU NTEGEREJE