Imodoka za Volcano zemerewe gutwara abagenzi muri Kigali
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje imihanda ihuza ibice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali itangira gukorerwamo n’imodoka z’ikigo gitwara abagenzi cya Volcano guhera kuri uyu wa Mbere tariki 08 Kanama 2022.
RURA yatangaje ko ari mu rwego rwo kunganira imodoka nke zitwara abagenzi rusange muri iyo mihanda, imenyesha abagenzi ko iyi gahunda yo kongera imodoka izakomereza no ku yindi mihanda ifite imodoka nke.
Ibi bije ari nk’igisubizo nyuma y’uko hamaze iminsi hagaragara abagenzi binubira kumara umwanya munini bari muri Gare bategereje ko babona imodoka ziza kubatwara.
Inkuru bijyanye:
Kigali: Abafite bisi barasabwa kuzizana zigatwara abagenzi
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Turabashimiye kutugezaho amakuru ku gihe kandi yizewe kacyiru ville muriyi minsi hari ikibazo
Cyimodoka mwatubariza murakoe
murakoze kudufasha byajyaga bitugora
ubuse tuvuge ko amajyepfo bari bihagije kuma bus cga mukemuye kimwe kizongera ibindi?umenya mutaramenyeko no muntara bisigaye bikomeye?!