Uruzinduko rwa Perezida Kagame i Rubavu - AMAFOTO

Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa gatanu tariki 25 Werurwe 2016, rwaranzwe no kugirana ibiganiro n’abaturage byabereye mu Murenge wa Mudende, ku mugoroba agirana ibindi biganiro n’abavuga rikijyana bo muri aka karere.

Twabahitiyemo amwe mu mafoto yaranze uru ruzinduko.

Perezida Kagame asuhuza abaturage ubwo yari akigera mu Murenge wa Mudende.
Perezida Kagame asuhuza abaturage ubwo yari akigera mu Murenge wa Mudende.
Hari imbaga y'abaturage.
Hari imbaga y’abaturage.

Ibiganiro byo ku mugoroba

Ukeneye kureba andi mafoto y’ibiganiro bya Perezida n’abaturage wakanda hano

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka