Umwiherero2020: Si ukwiherera gusa, ahubwo baranasabana (Amafoto)
Umwiherero ni umwanya abayobozi b’igihugu mu nzego zitandukanye bafata, bakiherera bagatekereza kuri ejo heza hazaza h’igihugu, bakajya Inama zizatuma bafatanya ntawe usigaye inyuma bakageza iterambere rirambye ku baturage bayobora. .
Iyi nama y’Umwiherero ihuriramo abayobozi bakorera mu Rwanda, ndetse n’abahagarariye u Rwanda mu mahanga, ndetse n’inshuti z’u Rwanda. Aba bayobozi mbere yo kuganira ku iterambere ry’igihugu bafata akanya bagasabana, bagashirana urukumbuzi, bikanabafasha kwinjira mu kazi basusurutse.
Dore mu mafoto uko abayobozi bari mu mwiherero wa 17 ubera mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro basabana

















Photo: Kigali Today & Urugwiro Village
Inkuru zijyanye na: Umwiherero2020
- Guhagarika umuco wo kwimura abanyeshuri batatsinze: Umwe mu myanzuro y’Umwiherero
- Nubwo Abanya-Uganda badusaba gufungura imipaka, ni bo bayifunze – Perezida Kagame
- Perezida Kagame yagarutse ku makosa yatumye Abaminisitiri batatu begura
- Perezida Kagame na Madamu bageze ahabera #Umwiherero2020
- Abayobozi basuzumwe Coronavirus mbere yo kwerekeza i Gabiro mu Mwiherero
- #Umwiherero2020: Abayobozi bageze i Gabiro - Dore uko bahagurutse i Kigali (Amafoto+Video)
Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Nbyiz kwicara bakasizuma bagatangira bushya akazi ariko na none bazamure urubyiruko mu nzego za leta muri Politike kuko mwe murimo murasaza igihugu Ni twe muzagisigira Ni mutadutoza kare ntibazakitwaka nyakubahwa umutoza w’ikirenga kuko ahora abivuga nibaduhe imyanya natwe turashoboye murakoze
Uyu mwiherero rwose Ni mwiza ningombwa ko binegura ariko bakanasabana nubundi byahozeho murwanda rwo hambere.
Bakoze cyane reka banasabane,
Gusa banarebe kubibazo byamadeni bikigagaruka kubantu batanze ibikoresho byo kubaka ibyumba by’amashuri muri 2018 amabanki atumereye nabi, ndi I Kirehe
Ndi ikirehe ,abayobozi bacu bize kuri byinshi ,arko banarebe kubantu batanze ibikoresho byo kubaka ibyumba byamashuri 2018 akarere nubu ntakutwishyura.
Uyu mwiherero rwose Ni mwiza ningombwa ko binegura ariko bakanasabana nubundi byahozeho murwanda rwo hambere.
Bakoze cyane reka banasabane,
Gusa banarebe kubibazo byamadeni bikigagaruka kubantu batanze ibikoresho byo kubaka ibyumba by’amashuri muri 2018 amabanki atumereye nabi, ndi I Kirehe
Ni byiza rwose .
Uyu mwiherero uba ari ingenzi .
Iyo abantu barimo gutekereza ibyiza ,gutegura ibyiza ni ngimbwa kwishima no gusabana kuko umunyarwanda wishimye kandi utekanye ni igihamya ntakuka ko ibyo abayobozi bacu barimo gutegurira u Rwanda n’abanyarwanda bizagerwaho nta nkomyi .
Kuko abayobozi bacu bakunda u Rwanda n’abanyarwanda.
Natwe turabakunda ,tubakundira ubwitange bwanyu bayobozi beza.