Umuyobozi w’ibitaro bya Kibuye mu maboko ya police

Umuyobozi w’ibitaro bya Kibuye hamwe n’ushinzwe ibaruramari (comptable) w’ibyo bitaro bari mu maboko ya polisi kuva tariki ya 17/11/201.

Abo bagabo bombi barashinjwa ibyaha byo kunyereza umutungo w’ibitaro uhwanye na miliyoni 24 z’amafaranga y’u Rwanda.

Ibitaro bya Kibuye biri mu murenge wa Bwishyura, akarere ka Karongi, intara y’uburengerazuba.

Gasana Marcellin

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka