Umunyamakuru wo muri Gabon yarijijwe n’ubufasha bwihuse yaherewe muri Faycal
Umunyamakuru wo muri Gabon yagize ikibazo cy’uburwayi bw’amara ajyanwa mu Bitaro by’Umwami Fayisail arabagwa yitabwaho, arakira yemererwa gutaha. Ariko byamurenze ananirwa kwihangana ararira kuko atakekagaga ko serivise yabonye mu Rwanda yahaba.
Turacyabakurikiranira iyi nkuru.

Kwihangana byamurenze ararira kuko atatekerezaga ko yahabwa ubufasha bwihuse ku burwayi butuguranye yari agize.

We na mugenzi we bashimiye ibi bitaro ku bwa serivisi bahawe.
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Ntabwo yarijijwe n ubufasha bwiza yahawe!!!yarijijwe nibyo yabonye bibi cyane. Ese umugabo yarira kuko Ngo bamuvuye agakira???.never.
nanjye nari ngiye kurira kabisa
Uziko nange mpise ndira, mukomeze muduheshe ishema Banyarwanda aho muri hose mu nzego. Mubakire neza mubahe ibyo bagomba kubona. Merci
iyo faycal se yita ku banyamahanga gusa? abandi tuza kugira ngo mutwicire abacu. Ngo umuntu apfa umunsi wageze ariko Faycal, murabizi baganga muri aho ni aba infirmiere ibyo mukora. Nsinzi niba ari ubuswa ariko muri unprofessional, I am sorry to say that
NI BYIZA, ARIKO NATWE BAZAJYE BATWAKIRA VUBA KANDI NEZA!!!!
Iyi nkuru muyitohoze kabisa irashimishije u Rwanda twemeje benshi muri CHAN