Umunyamakuru wo muri Gabon yarijijwe n’ubufasha bwihuse yaherewe muri Faycal

Umunyamakuru wo muri Gabon yagize ikibazo cy’uburwayi bw’amara ajyanwa mu Bitaro by’Umwami Fayisail arabagwa yitabwaho, arakira yemererwa gutaha. Ariko byamurenze ananirwa kwihangana ararira kuko atakekagaga ko serivise yabonye mu Rwanda yahaba.

Turacyabakurikiranira iyi nkuru.

Kwihangana byamurenze ararira kuko atatekerezaga ko yahabwa ubufasha bwihuse ku burwayi butuguranye yari agize.
Kwihangana byamurenze ararira kuko atatekerezaga ko yahabwa ubufasha bwihuse ku burwayi butuguranye yari agize.
We na mugenzi we bashimiye ibi bitaro ku bwa serivisi bahawe.
We na mugenzi we bashimiye ibi bitaro ku bwa serivisi bahawe.

Ibitekerezo   ( 6 )

Ntabwo yarijijwe n ubufasha bwiza yahawe!!!yarijijwe nibyo yabonye bibi cyane. Ese umugabo yarira kuko Ngo bamuvuye agakira???.never.

Alias yanditse ku itariki ya: 6-02-2016  →  Musubize

nanjye nari ngiye kurira kabisa

Jadonize yanditse ku itariki ya: 5-02-2016  →  Musubize

Uziko nange mpise ndira, mukomeze muduheshe ishema Banyarwanda aho muri hose mu nzego. Mubakire neza mubahe ibyo bagomba kubona. Merci

janny yanditse ku itariki ya: 5-02-2016  →  Musubize

iyo faycal se yita ku banyamahanga gusa? abandi tuza kugira ngo mutwicire abacu. Ngo umuntu apfa umunsi wageze ariko Faycal, murabizi baganga muri aho ni aba infirmiere ibyo mukora. Nsinzi niba ari ubuswa ariko muri unprofessional, I am sorry to say that

teta yanditse ku itariki ya: 5-02-2016  →  Musubize

NI BYIZA, ARIKO NATWE BAZAJYE BATWAKIRA VUBA KANDI NEZA!!!!

kaku yanditse ku itariki ya: 5-02-2016  →  Musubize

Iyi nkuru muyitohoze kabisa irashimishije u Rwanda twemeje benshi muri CHAN

alias yanditse ku itariki ya: 4-02-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka