Umuhanda Kigali - Muhanga wafunzwe n’umwuzure (AMAFOTO)

Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 9 Gicurasi 2016, umuhanda Kigali - Muhanga wafunzwe kubera imvura yaraye iguye bigatuma amazi yuzura akanarenga ikiraro cya Nyabarongo.

Bije bikurikira inkangu zafunze umuhanda Kigali - Musanze kuwa gatandatu tariki 8 Gicurasi 2016, ariko ubu ibikorwa byo kuwuharura bikaba byatangiye kandi biri kugenda neza.

Dore amwe mu mafoto y’ibi biza:

Umuhanda Kigali - Muhanga ubu nturi gukora.
Umuhanda Kigali - Muhanga ubu nturi gukora.
Igice cyo kuri Nyabarongo wambutse ikiraro ni cyo cyafunze.
Igice cyo kuri Nyabarongo wambutse ikiraro ni cyo cyafunze.
Amazi yuzuye mu handa.
Amazi yuzuye mu handa.
Uwo mugabo bamutabaye yaheze mu mazi.
Uwo mugabo bamutabaye yaheze mu mazi.
Ari gusobanura uko byamugendekeye kugira ngo arohame.
Ari gusobanura uko byamugendekeye kugira ngo arohame.
Uwamurohoye nawe asobanura uko yamubonye.
Uwamurohoye nawe asobanura uko yamubonye.
Amazi yarenze umuhanda yuzura no mu bishanga.
Amazi yarenze umuhanda yuzura no mu bishanga.

Mu Karere ka Gakenke ho imirimo yo gusibura umuhanda wa kaburimbo irarimbanyije

No muri Ngororero batangiye guharura ibitaka byaguye mu muhadna bitewe n’inkangu

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 10 )

mugerageze mutubwire igihe imihanda kigali-muhanga yafungurirwa.

eric yanditse ku itariki ya: 10-05-2016  →  Musubize

uyu muyobozi ushinzwe MIDMARI YAgombwe kwegura,ubundi hakagombwe kuba hatanzwe icyunamo nibura cy,iminsi nibura ibiri kuko aba bantu ni benshi pe,ubundi hagafatwa ingamba,

mama yanditse ku itariki ya: 9-05-2016  →  Musubize

uyu muyobozi ushinzwe MIDMARI YAgombwe kwegura,ubundi hakagombwe kuba hatanzwe icyunamo nibura cy,iminsi nibura ibiri kuko aba bantu ni benshi pe,ubundi hagafatwa ingamba,

mama yanditse ku itariki ya: 9-05-2016  →  Musubize

Musenge cyane kuko bitoroshye na Karongi Rubavu umuhanda harimo inkangu nyishi

HUNGURIMANA VINCENT yanditse ku itariki ya: 9-05-2016  →  Musubize

N’ababuze ababo bakomeze kwihangana

JEAN DE DIEU yanditse ku itariki ya: 9-05-2016  →  Musubize

nugusenga no gusaba imana igatabara igihugu cyacu .kandi abahuye nibi biza bihangane imana iri kumwe nabo.

dodos yanditse ku itariki ya: 9-05-2016  →  Musubize

Abahuye Nibiza Bihangane Tubafashe Mumugongo.

Mashami yanditse ku itariki ya: 9-05-2016  →  Musubize

Ababuriye ubuzima muribibiza imana ibakire.

Claude yanditse ku itariki ya: 9-05-2016  →  Musubize

leta nitabare mugakenke ibiza bimeze nabi

jadot yanditse ku itariki ya: 9-05-2016  →  Musubize

Turasaba REMA na minisiteri ifite ibiza mu nshingano zayo gukora igenamigambi ryimbitse mu guhangana n’ibiza bisenya ibikorwa rusange ndetse n’iby’abaturage

JUVENAL yanditse ku itariki ya: 9-05-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka