Umuhanda Kigali - Muhanga wafunzwe n’umwuzure (AMAFOTO)
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 9 Gicurasi 2016, umuhanda Kigali - Muhanga wafunzwe kubera imvura yaraye iguye bigatuma amazi yuzura akanarenga ikiraro cya Nyabarongo.
Bije bikurikira inkangu zafunze umuhanda Kigali - Musanze kuwa gatandatu tariki 8 Gicurasi 2016, ariko ubu ibikorwa byo kuwuharura bikaba byatangiye kandi biri kugenda neza.
Dore amwe mu mafoto y’ibi biza:












Mu Karere ka Gakenke ho imirimo yo gusibura umuhanda wa kaburimbo irarimbanyije


No muri Ngororero batangiye guharura ibitaka byaguye mu muhadna bitewe n’inkangu


Ibitekerezo ( 10 )
Ohereza igitekerezo
|
mugerageze mutubwire igihe imihanda kigali-muhanga yafungurirwa.
uyu muyobozi ushinzwe MIDMARI YAgombwe kwegura,ubundi hakagombwe kuba hatanzwe icyunamo nibura cy,iminsi nibura ibiri kuko aba bantu ni benshi pe,ubundi hagafatwa ingamba,
uyu muyobozi ushinzwe MIDMARI YAgombwe kwegura,ubundi hakagombwe kuba hatanzwe icyunamo nibura cy,iminsi nibura ibiri kuko aba bantu ni benshi pe,ubundi hagafatwa ingamba,
Musenge cyane kuko bitoroshye na Karongi Rubavu umuhanda harimo inkangu nyishi
N’ababuze ababo bakomeze kwihangana
nugusenga no gusaba imana igatabara igihugu cyacu .kandi abahuye nibi biza bihangane imana iri kumwe nabo.
Abahuye Nibiza Bihangane Tubafashe Mumugongo.
Ababuriye ubuzima muribibiza imana ibakire.
leta nitabare mugakenke ibiza bimeze nabi
Turasaba REMA na minisiteri ifite ibiza mu nshingano zayo gukora igenamigambi ryimbitse mu guhangana n’ibiza bisenya ibikorwa rusange ndetse n’iby’abaturage