Ubusitani: Kimwe mu byongerera Kigali ubwiza-AMAFOTO

Abahanga bakaba batangaza ko ubusitani n’ubwo bwongera uburanga bw’ahantu, atari umutako gusa kuko bunongerera umwuka mwiza ababuturiye.

Ubusitani kandi butuma aho buri hitabirwa cyane, abantu baganira, basenga, basabana, baruhuka, bakoze ubukwe, bifotoza, bikaba byagirira inyungu ba nyirabwo.

Dore mu mafoto bumwe mu busitani bwo mu Mujyi wa Kigali, butuma ubwiza bwawo bwirahirwa na buri wese wawugezemo.

Ahagizwe Car Free zone muri Kigali ndetse n'ahandi hatandukanye mu mihanda yo mu Mujyi wa Kigali hatatse ibiti bigaragaza ubwiza kandi bigatanga n'akayaga keza ku bahagenda.
Ahagizwe Car Free zone muri Kigali ndetse n’ahandi hatandukanye mu mihanda yo mu Mujyi wa Kigali hatatse ibiti bigaragaza ubwiza kandi bigatanga n’akayaga keza ku bahagenda.
Green Square ubusitani buherereye ku muhana uganda ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi ubona bwizihiye ijisho.
Green Square ubusitani buherereye ku muhana uganda ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi ubona bwizihiye ijisho.
Imbere muri Green Square ku muhanda ugana ku rwibutso rwa Jenoside ku Gisozi.
Imbere muri Green Square ku muhanda ugana ku rwibutso rwa Jenoside ku Gisozi.
Aha ni kuri Juru Park.
Aha ni kuri Juru Park.
Kwinjira muri Juru Park uba wumva akayaga keza kubera ibiti bihakikije.
Kwinjira muri Juru Park uba wumva akayaga keza kubera ibiti bihakikije.
Ku Kinamba cya mbere.
Ku Kinamba cya mbere.
Mu busitani buturiye Ambasade y'Amerika na ho hagaragara neza kandi haba akayaga keza gatuma abantu bahishimira.
Mu busitani buturiye Ambasade y’Amerika na ho hagaragara neza kandi haba akayaga keza gatuma abantu bahishimira.
Mu busitani bwo ku Kimihurura hakunze no gufatirwa amafoto menshi.
Mu busitani bwo ku Kimihurura hakunze no gufatirwa amafoto menshi.
Ubusitani bwa Rugende Training Center bwo bugaragaramo n'amafarasi afasha abantu bahasuye kwidagadura.
Ubusitani bwa Rugende Training Center bwo bugaragaramo n’amafarasi afasha abantu bahasuye kwidagadura.
Mu isangano ryo ku Kacyiru na ho hari ubusitani abantu cyane cyane abageni bakunze gufatiramo amafoto.
Mu isangano ryo ku Kacyiru na ho hari ubusitani abantu cyane cyane abageni bakunze gufatiramo amafoto.
Mu Mujyi wa Kigali rwagati (muri rong point) habereye ijisho, abahanyuze bakunze kuharangarira.
Mu Mujyi wa Kigali rwagati (muri rong point) habereye ijisho, abahanyuze bakunze kuharangarira.
Mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali na ho hasa neza cyane.
Mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali na ho hasa neza cyane.
Ubusitani buherereye ahakunze kwitwa ku Kinamba cya Mbere ku muhanda ugana Nyabugogo na ho hagaragara ubwiza budasanzwe.
Ubusitani buherereye ahakunze kwitwa ku Kinamba cya Mbere ku muhanda ugana Nyabugogo na ho hagaragara ubwiza budasanzwe.
Ubusitani buri hagato mu Mujyi wa Kigali na bwo buri mu biwongerera ubwiza.
Ubusitani buri hagato mu Mujyi wa Kigali na bwo buri mu biwongerera ubwiza.
Ubusitani bwo muri Magerwa buri mu bugaragaza isura nziza y'umujyi kandi bugatanga umwuka mwiza ku bahakorera no ku bahatuye.
Ubusitani bwo muri Magerwa buri mu bugaragaza isura nziza y’umujyi kandi bugatanga umwuka mwiza ku bahakorera no ku bahatuye.
Ubusitani bwo muri Novotel na bwo buri mu byongerera ubwiza ino Hotel bugatuma yitabirwa.
Ubusitani bwo muri Novotel na bwo buri mu byongerera ubwiza ino Hotel bugatuma yitabirwa.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

kigali n’urwanda byaba bitandukanye?gera za nyaruguru n’ahandi mu biturage wirebere

ngoga yanditse ku itariki ya: 20-02-2016  →  Musubize

kigali n’urwanda byaba bitandukanye?gera za nyaruguru n’ahandi mu biturage wirebere

ngoga yanditse ku itariki ya: 20-02-2016  →  Musubize

So good ariko dukeneye addresses za hariya hantu ho gusohokera.Zitugezeho mugabo.

yohana yanditse ku itariki ya: 19-02-2016  →  Musubize

Thanx rutindukanamurego for the for very nice story komerezaaho rwose

Ruru yanditse ku itariki ya: 19-02-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka