U Rwanda rutorewe kuba mu Kanama k’Amahoro n’Umutekano muri AU
Yanditswe na
KT Team
Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga mu bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) bamaze gutorera u Rwanda kuba Umunyamuryango w’Akanama ka AU k’Amahoro n’Umutekano.

U Rwanda rwatorewe manda y’imyaka ibiri mu Kanama k’Amahoro n’Umutekano muri AU.
Ni amatora amaze kubera ku Kicaro Gikuru cya AU kiri i Addis Ababa muri Ethiopia ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 28 Mutarama 2016 aho abo baminisitiri bateraniye.

Bamwe mu batoraga bifuriza Minisiti Mushikiwabo, mu izina ry’u Rwanda, imirimo myiza.
Biteganyijwe ko u Rwanda ruzatangira izi nshingano zizamara imyaka ibiri muri Werurwe 2016.
Ohereza igitekerezo
|
La liste complète :
Elus pour trois ans : Congo-Brazzaville, Égypte, Kenya, Nigeria, Zambie
Elus pour deux ans : Afrique du Sud, Algérie, Botswana, Burundi, Niger, Ouganda, Rwanda, Sierra Leone, Tchad, Togo.
We are thankful. Mutange ibitekerezo mu Kanama ku Kibazo cy’Umutekano mucye mu Burundi, gifatirwe umwanzuro ntakujenjeka. Abaturanyi bacu nabo bave mu bibazo, basubire mu Iterambere, kuko bamaze kudindira bihagije.
nibyiza rwose arabikwiye muskiwabo