Rwamagana: Bari mu birori byo kwakira imodoka Perezida Kagame yahaye itorero GARUKUREBE
Iteroro garukurebe ryo mu Karere ka Rwamagana kuri uyu wa 29 Gicurasi 2015,ryaramukiye mu birori byo kwakira impano y’imodoko yo mu bwoko bwa Coaster bagabiwe na Perezida Kagame mu buryo bwo kuborohereza urugendo bajya mu bitaramo.
Muri 2003 ubwo Perezida Kagame yasuraga iyahoze ari Intara ya Kibungo yakiriwe n’Iterero Garikurebe mu mudiho n’imbyino byamushimije cyane ndetse bigashimisha n’abari bahari.
Icyo guhe uwari Perefe w’iyo ntara, Amb James Kimonyo, yabwiye Perezida Paul Kagame ko iri torero rifite imbogamizi zo kugera aho rikorera bitaramo. Icyo gihe akaba yarabemereye imodoka bakaba barimo kuyishyikirizwa uyu munsi na Tugireyezu Venantie, Minisitiri mu Biro bya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.
Andi mafoto
Ntivuguruzwa Emmanuel aracyadukurikiranira iyi nkuru.
K2D
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
Imvugo niyo ngiro, president wacu turacyamukeneye kandi turamushyigikiye.
president Paul Kagame ni intore idatenguha, nagumye atujye imbere natwe twikomereze mumuvuduko w’ iterambere bityo tuzaruhuke aruko u Rwanda rwacu turugize paradison ndetse dufashe namahanga kugumya atwigiraho uburyo twesa imihigo.
iyi ni imwe mumpamvu mperaho mpamyako #RwandaNeedsKagame 2017
umugabo nurinda ijambo rye.
Imvugo niyo ngiro!!!!
president arakoze
umugabo wemera icyo, azakora nicyo nkundi my president
twe urumbyiruko turamushaka.
Imvugo niyo ngiro