Rutsiro: Babonye umubiri w’umwe mu bantu bishwe muri Jenoside

Ubwo hakorwaga ibikorwa bya VUP mu murenge wa Kivumu akarere ka Rutsiro, tariki 31/03/2012, habonetse umubiri w’umwe mu bazize Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Byukusenge Gaspard, arasaba abaturage b’akarere ka Rutsiro, ko uwaba azi ahaba hakiri imibiri itarashyingurwa mu cyubahiro yakwihutira gutanga amakuru yaho iyo mibiri iri kugira ngo nayo ishyingurwe mu cyubahiro.

Biteganyijweko uyu mubiri wabonetse, nawo uzashyingurwa mu cyubahiri kimwe n’indi yose yabonetse ariko ikaba itarashyingurwa.

Védaste Nkikabahizi

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka