Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Mata 2021 ayoboye Inama y’Abaminirisitiri, irimo kwiga ku buryo bwo gukemura ibibazo bitandukanye by’Igihugu.

Abari muri iyo nama kandi baraganira no ku ngamba zo kurushaho kwirinda no gukumira icyorezo cya COVID-19 nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibitangaje.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Twishimiye imyanzuro yafatiwe mubyemezo by,inama yabaminisitiri.

Nzabandora samuel yanditse ku itariki ya: 15-04-2021  →  Musubize

Turashimira umusaza wacu ko ahora aharanira icyatezimbere igihugu cyacu ndetse nabanyarwanda murirusange

Turamukunda cyane

Mugabe eric yanditse ku itariki ya: 14-04-2021  →  Musubize

Iyo Nama yateranye uyumunsi twiteguye kubahiriza amabwiriza mashya no kuyashyira mubikorwa kdi umusaza wacu twishimira ibyiza ahora yifuriza urwanda rwacu murakoze

Muhire augustin yanditse ku itariki ya: 14-04-2021  →  Musubize

Turabashimiye iyenama dutejyereje ingamba ziribuve tubiteranyije amatsiko menshi

Nzabandora innocent yanditse ku itariki ya: 14-04-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka