Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri
Yanditswe na
KT Editorial
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Mata 2021 ayoboye Inama y’Abaminirisitiri, irimo kwiga ku buryo bwo gukemura ibibazo bitandukanye by’Igihugu.
Abari muri iyo nama kandi baraganira no ku ngamba zo kurushaho kwirinda no gukumira icyorezo cya COVID-19 nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibitangaje.



Ohereza igitekerezo
|
Twishimiye imyanzuro yafatiwe mubyemezo by,inama yabaminisitiri.
Turashimira umusaza wacu ko ahora aharanira icyatezimbere igihugu cyacu ndetse nabanyarwanda murirusange
Turamukunda cyane
Iyo Nama yateranye uyumunsi twiteguye kubahiriza amabwiriza mashya no kuyashyira mubikorwa kdi umusaza wacu twishimira ibyiza ahora yifuriza urwanda rwacu murakoze
Turabashimiye iyenama dutejyereje ingamba ziribuve tubiteranyije amatsiko menshi