Ntwari Gerard wigeze kuba umudipolomate w’u Rwanda yatabarutse

Ntwari Gerard, umunyapolitiki wamenyekanye ku mwanya w’ambasaderi mu bihugu bitandukanye ahagarariye u Rwanda yitabye Imana. Ntwari yagiye ahagararira u Rwanda mu bihugu bitandukanye nka Senegal n’u Bubiligi.

Ntwari Gerard wigeze kuba umudipolomate w'u Rwanda yatabarutse.
Ntwari Gerard wigeze kuba umudipolomate w’u Rwanda yatabarutse.

Andi makuru turacyayabakurikiranira

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 7 )

RIP mwalimu wacu Ntwali watubereye intangarugero rose tuZahra tubikwibukiraho. Umuryango usize Imana iwukomeze, iwihanganishe ķandi iizibe icyuho musize.

Danny yanditse ku itariki ya: 7-04-2016  →  Musubize

RIP mwarimu wanjye nakundaga.Ubumenyi wampaye cya gihe burimo guteza benshi imbere.Wari umuhanga cyane muri byinshi...Umuryango usize nawo ndawihanganishije.Madame wawe nawe yanyigishije English mukorana muri C St André.Wari intwari koko pe....

tom yanditse ku itariki ya: 7-04-2016  →  Musubize

Abo wigishije mu Rwezantwali college Saint André Nyamirambo,tukwifurije iruhuko ridashira Ntwali

Olivier yanditse ku itariki ya: 6-04-2016  →  Musubize

Imana imwakire! Abo yigishije muri kaminuza tuzahora tukwibuka

Sejer yanditse ku itariki ya: 6-04-2016  →  Musubize

Ni ukuri wari umuntu w’intwari nk"uko izina ryawe riri Imana ikwakire mu bayo kd ikomeze umuryango usigaye. Ntituzibagirwa ubumenyi waduhaye muri UNR ni urukundo ugirira abo wigishaga. RIP Ntwali.

Christine yanditse ku itariki ya: 6-04-2016  →  Musubize

Rip Ntwali! Ntituzibagirwa ubumenyi waduhaye muri UNR n’urukundo wagaragarizaga abo wigishaga. tubuze intwari nk’uko izina ryawe riri.

Christine yanditse ku itariki ya: 6-04-2016  →  Musubize

Ni ukuri wari umuntu w’intwari nk"uko izina ryawe riri Imana ikwakire mu bayo kd ikomeze umuryango usigaye. Ntituzibagirwa ubumenyi waduhaye muri UNR ni urukundo ugirira abo wigishaga. RIP Ntwali.

Christine yanditse ku itariki ya: 6-04-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka