Mu ruzinduko rwe rwa mbere nka Perezida, Magufuli yasuye u Rwanda - AMAFOTO
Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Dr. John Pombe Magufuli, kuri uyu wa Gatatu, tariki 6 Mata 2016 yagiriye uruzinduko rw’amateka mu Rwanda, ari na rwo rwa mbere akoze kuva yatorerwa kuyobora igihugu cye mu Ukwakira 2015.
Muri uru ruzinduko, Perezida Magufuli yakiriwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ku mupaka wa Rusumo; bakaba bafatanyije gutaha ikiraro mpuzamahanga cya Rusumo cyubatswe ku nkunga y’Abayapani ndetse bataha ku mugaragaro Ibiro bya Gasutamo bihuriweho n’impande zombi bizwi nka "Rusumo One Stop Border Post”.
Amwe mu mafoto:






















Niba ushaka kureba amafoto menshi, kanda hano:
Ibitekerezo ( 8 )
Ohereza igitekerezo
|
twishimiye ubushuti bwihugu byombi
Nakintu cyiza nkokubana neza, nukuri birashimishije, turasaba umubano mwiza uzakomeze, bitandukanye muminsi ishize uko twaritubanye ntago byaribyifashe neza.
Nakintu cyiza nkokubana neza, nukuri birashimishije, turasaba umubano mwiza uzakomeze, bitandukanye muminsi ishize uko twaritubanye ntago byaribyifashe neza.
Perezida Poul Kagame Imana Imuhe Umugisha Nibyiza Kugira Umuturanyi Mukundana Ntacya Bananira
Birakwiye ko igiti cyatemwe cyongera kigashibuka iyi ni intera nziza tugejejweho nabayobozi bibihugu byombi. Nabo gushimirwa Uwiteka akomeze abiyoborere
mbega byiza nyakubahwa Paul Kagame akoze igikorwa kiza cyane bizatuma twiteza imere muri business nkabanyarwanda dukorera muri Tz
magufuri ,ndabona mugihe gito Tanzania azayigeza kuri byinshi byiza.
Byizaaaa
cyane.