Leon Mugesera yageze i Kigali, yahise ajyanwa muri gereza 1930

Nyuma yo kugera i Kigali ahagana mu ma saa sita z’ijoro Leon Mugesera nyuma yo kwambikwa amapingu yahise ashyirwa mu modoka ajyanwa muri gereza nkuru ya Kigali izwi ku izina rya 1930

Yambitswe amapingu akimara gusohoka mu ndege
Yambitswe amapingu akimara gusohoka mu ndege
Abapolisi bamujyana ku modoka imujyana aho azacumbikirwa
Abapolisi bamujyana ku modoka imujyana aho azacumbikirwa
Nyuma y'igihe kinini no kugora ubutabera Leon Mugesera ubu ari i Kigali
Nyuma y’igihe kinini no kugora ubutabera Leon Mugesera ubu ari i Kigali
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

igihe cyose utagenze ibitekerezo byawe bikugirira ingaruka so leon warize ariko nta knowlegde ufite

ifashabayo sylvain dejoie yanditse ku itariki ya: 25-04-2012  →  Musubize

Igihano yari arimo arakirangije ahubwo nagende ademarare nk’izindi nkoramaraso zirirwa zidegembya mu Rwanda.
None se Ninja yakoze make?

igihano yanditse ku itariki ya: 25-01-2012  →  Musubize

None se ko Igihe.com bavuze imodoka ya Police ko ari yo yamutwaye, mwe mukatwereka indi? None se koko yahitiye muri 1930? cg yahitiye muri imwe muri za Police stations? Muduhe amakuru afatika. Gusa nta wutakwishimira kuzanwa kwe mu Rwanda

morinounou yanditse ku itariki ya: 25-01-2012  →  Musubize

Nibyo kweri "No person is above the law"

Gusa Mugesera yakiwe neza nk’umwana ugeze iwabo hazakurikireho kumucira urubanza rutabogamye kuko u Rwanda ni igihugu kigendera ku mategeko ( Rule of law)

Harakabaho ubutabera, Harakabaho u Rwanda

Claire yanditse ku itariki ya: 25-01-2012  →  Musubize

kuki bamushyize muri iriya modoka koko??? Ndarakaye! Nako ngo ni umuntu ukomeye da!

Mukandoli yanditse ku itariki ya: 24-01-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka