Ingabo z’u Rwanda zahawe akazi ko kurinda Perezida wa Centrafrique

Nyuma yuko muri Centrafrique batoye Perezida mushya, Catherine Panza, ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri icyo gihugu zahawe akazi ko mumurinda. Dore amwe mu mafoto yerekana uko byifashe.

Nyuma yuko Catheline Samba Panza atorerwa kuba Perezida wa Centrafrique, ingabo z'u Rwanda zahawe akazi ko kumurinda.
Nyuma yuko Catheline Samba Panza atorerwa kuba Perezida wa Centrafrique, ingabo z’u Rwanda zahawe akazi ko kumurinda.
Lt Col Karangwa agenzura niba abasirikare ba RDF barinze neza umutekano ku icumbi rya Perezida mushya wa Centrafrique, Catheline Panza.
Lt Col Karangwa agenzura niba abasirikare ba RDF barinze neza umutekano ku icumbi rya Perezida mushya wa Centrafrique, Catheline Panza.
Abasirikare ba RDF barinze umutekano ku icumbi rya Perezida mushya wa Centrafrique.
Abasirikare ba RDF barinze umutekano ku icumbi rya Perezida mushya wa Centrafrique.

Kigali Today

Ibitekerezo   ( 13 )

Ni nka kakaririmbo kavuga ngo Ingabo zurwanda zirakomeyeeeee

kalenzi jane yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

pole sana ngabo z’u Rwanda, kazi ngumu turiyofanya,ntituzatezuke ku ncingano zacu, kandi mujye kuhora murangwa na discipline, umurava, ubutwari IMANA izakomeze ibarinde

mapendo jean yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

Nishimiye kuba Umunyarwanda!!! Ni ishema ry’igihugu cyanjye kabisa.

Saby yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

wouuuuuu,yahisemo se RDF KUBERAKO ABAFARANSA BADAHARI AHISEMO NEZA ,RDF SONGA MBERE

gaspard yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

twarihesheje agaciro none basigaye batwemera nibyiza cyane nugukomerezaho

evode rwogera yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

Ngabo z’u Rwanda Inda
shyikirwa rwose muri Ingenzi Intwali zesaIMIHIGO.1.Ikizere muhabwa hano murwaGasabo n’abanyamahanga baragitahuye maze badusaba inkunga yo kurinda umutekano mu bihugu iwabo.

Cishahayo Ferdinand yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

Ngabo z’u Rwanda Inda
shyikirwa rwose muri Ingenzi Intwali zesaIMIHIGO.1.Ikizere muhabwa hano murwaGasabo n’abanyamahanga baragitahuye maze badusaba inkunga yo kurinda umutekano mu bihugu iwabo.

Cishahayo F. yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

bahungu bacu mukomereze hao kandi muzahore ku isonga mwerka amahanga yose ko akazi mugafute mu maraso kandi ko ibikorwa byanyu bitagarukira mu RWANDA gusa

yaya yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

Wow RDF songa mbele you’re still THE ONE abafansa buuuu

JMarie Nz yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

ndabona abanyasantarafurika bamyishiye cyane yenda wabona bagiye kurekera kwicana....naho ingabo zacu nta wutakwifuza ko zamurinda

bonheur yanditse ku itariki ya: 21-01-2014  →  Musubize

twizera tudashidikanya ko madame Catheline arinzwe neza yahisemo neza kurindwa na RDF ni ukwiteganyiriza kd Lt COL J.PAUL nawe ni umusilikari uzi icyo gukora azabikora nkuko yabisabwe,tubifurije akazi keza.

uwimana alfred yanditse ku itariki ya: 21-01-2014  →  Musubize

ingabo zurwanda nizikomerezaho mubutwari bwo gushakira afurika amahoro RDF gahore kwisonga

ngabo olivier yanditse ku itariki ya: 21-01-2014  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka