Imyiteguro y’inama ya Banki Nyafurika y’Iterambere (mu mafoto)
Mu gihe habura iminsi ine gusa ngo u Rwanda rwakire inama ngarukamwaka ya banki Nyafurika y’Iterambere (African Development Bank Annual Meeting) imyiteguro igeze kure mu mpande zose harimo no gutegura imodoka zizatwara abazitabira iyi nama.
Imodoka zose zizakoreshwa mu gutwara abazitabira iyi nama izatangira i Kigali tariki 19-23/05/2014 zirimo gukorerwa isuzuma (controle technique) kuri stade Amahoro. Kigali Today yabegeranyirije amafoto agaragaza uko byifashe.







Amafoto yafotowe na Daniel Sabiiti
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Dushime imana yaduhaye abayobozi beza kandi bakunda abaturage.Isi niba niba ifitiye icyizere igihugu cyacu bitewe n’agaciro ubuyobozibwacu bwahesheje abanyarwanda twe abaturage kuki tutashyigikira abayobozi bacu twirinda abaducamo ibice no kwirinda ibihuha bitubaka. Ntamutekano nta terambere. shuguri twese dufite tuyikesha umutekano usesuye. Abatatiye igihango turabagaya nibagaruke mubandi bafatanye natwe guteza imbere igihugu na afurika muri rusange.abasubiza inyuma igihugu cyacu aba sindikumwe nabo.icyo nkeneye n’amahoro n’iterambere mu muryango wanjye n’igihugu
Ntawutazi aho tuvuye ndetse naho tugeze. umunyabwenge abasha kubitandukanya
Iki ni IKIMENYETSO cy’u Rwanda rwiza cyane rw’ejo hazaza rurenze uko dutekereza uy’umunsi. Uwiteka Mwami Mana ashimwe cyane none n’iteka ryose kubw’ubuyobozi bwiza yaduhaye, akabuba hafi mu intekerezo no mu ibikorwa. Uwiteka Mwami Mana ntakindi twavuga uretse kugushimira no kugusaba kudushoboza guharanira ibyiza birimo amahoro n’iterambere. Ushimwe ku Muyobozi mwiza HE Paul KAGAME waduhaye ndetse n’abo bafatanyije kuyobora I Gihugu. Izo mpano nziza zo kugukorera wabahaye ukomeze uzagure, abatakuzi bakubonere muri bo. Uhabwe icyubahiro Mana. Amen !!!
ramba ramba rwanda igaragaze muruhando rwamahanga kuko iyinama ntago bayiha ubonetse wese ngo ayakire iki nikimenyetso kigaragaza aho tugeze mwiterambere