Imyanya y’akazi 88 muri REG

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu, REG, kigiye gutanga akazi myanya 88 irimo iyo rwego rw’ubuyobozi ndetse n’indi ijyanye n’inshingano z’iki kigo.

Abifuza akazi, mwakanda hano mukareba iyo myanya naho ibisabwa byo murabisanga hano ko kuri iyi web. Iyi myanya ngo yasubijwe ku isoko mu rwego rwo kurushaho kubyaza umusaruro uburyo byo gutanga akazi hifashishijwe ikoranabuhanga.

Ni muri urwo rwego REG isaba abari baranditse basaba akazi kongera bakandika basaba bundi bushya. Itariki ntarengwa yo kwandika musaba akazi ni 08 Gicurasi 2015 ku isaa kumi n’imwe n’igice z’umugoroba(5:00 pm).

K2D

Ibitekerezo   ( 31 )

murakoze cyane,nasabaga ngo mutubwire ibikenewe kuko rwose twiteguye gukora murakoze

umuhoza germaine yanditse ku itariki ya: 5-02-2018  →  Musubize

mutursngir akaz kuko ibyo turabishoboye mfite A2 niz construction muturangire kbsa

buguru abraham yanditse ku itariki ya: 1-01-2018  →  Musubize

ntabwo byagabaya ubushomeri gusa ahubwo byagabanya
ruswa birirwa bavuga

alias yanditse ku itariki ya: 9-11-2017  →  Musubize

Ubundi abakozi bashoboye ntabwo babuze ahubwo ikibazo ni experience baka kandi ntayo umuntu yize mwishuri, uku ni ugukumira abarangije kdi bagatanze ikizami kikagaragaza ushoboye byagabanya ubushomeri

alias yanditse ku itariki ya: 2-05-2015  →  Musubize

nonese iyo myanya ko itagaragara irihe ese udepozahe? murakoze

odeth yanditse ku itariki ya: 1-08-2017  →  Musubize

Mutubwire imyanya niyihe?tuyimenye kdi abashomeri nivbenshi mwaba mufashije abanyarda bakava mubukene nokutagira akazi kbsa arko mudusobanurire neza bavanndi

Tugirumukunzi yanditse ku itariki ya: 3-04-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka