Igihe cyo gufunga amwe mu masoko yo muri Kigali cyongerewe
Yanditswe na
Malachie Hakizimana
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko igihe cy’iminsi irindwi cyari cyatanzwe amasoko abiri yo muri Kigali yagombaga kumara afunzwe cyongereweho indi minsi irindwi.

Isoko rya Nyarugenge riherereye mu Mujyi rwagati ni rimwe mu masoko abiri yafunzwe
Itangazo ry’Umujyi wa Kigali riravuga ko icyemezo cyo gukomeza gufunga isoko riherereye i Nyabugogo ahazwi nko kwa Mutangana n’isoko rya Nyarugenge rizwi nka Kigali City Market cyafashwe nyuma y’ibipimo bya Minisiteri y’Ubuzima byerekana ubwiyongere bw’abanduye COVID-19 cyane cyane abakoreraga muri ayo masoko.

Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|