nta kintu kizatubuza kugera kuriryo terambere kandi turacyakomeza kuko dufite abayobozi beza akarorero : Guverineri akunda abaturage be, Mayor wa karere ka Huye akunda abaturage be Ba Gitifu bakunda abaturage babo nabari munzego zo hasi nabo n’uko nta cyabuza ko dutera imbere
Bga alba yanditse ku itariki ya: 22-03-2016 → Musubize
Nukuri turabashimiye kuri yonkuru ya Karere ka huye nukuri ndabona I huye hatangiye kuba nki ikigali courage huye,muzajye mutujyezaho nutundi turere.urugero nkakarere ka Rwamagana.murakoze.
ineza costa olivier yanditse ku itariki ya: 22-03-2016 → Musubize
Huye nimukomereze aho ejobundi uzasanga umwanya mwongeye muwegukanye abandi bagiseta ibirenge
murakoze cyane kutugezaho iterambere ry’akarere ka huye ahorigeze ndabona birimokugendabi,.ngahose nimunyarukire niburasirazuba,mu karere ka gatsibo nahoturore ahokageze murakoze.
i love my city oh! haracyabura utuntu tutaratungana neza, nubundi Butare yahoze erega ari heza.
Subundi babaye ariho bimurira Capital
Muzuka wacu oye!!! Twabonye n’imyambaro ubu yambaye muri iyi minsi imubereye pe! Ni ingabo y’Igihugu. ntiduteze gutera intambwe isubira inyuma. Imana ibidufashemo
Iyi nkuru iranshimishije nkanjye udaheruka Huye, mbonye yarahindutse cyane iri kurundi rwego
nta kintu kizatubuza kugera kuriryo terambere kandi turacyakomeza kuko dufite abayobozi beza akarorero : Guverineri akunda abaturage be, Mayor wa karere ka Huye akunda abaturage be Ba Gitifu bakunda abaturage babo nabari munzego zo hasi nabo n’uko nta cyabuza ko dutera imbere
Murakoze arko Dukeneye numugi wa musanze
Nukuri turabashimiye kuri yonkuru ya Karere ka huye nukuri ndabona I huye hatangiye kuba nki ikigali courage huye,muzajye mutujyezaho nutundi turere.urugero nkakarere ka Rwamagana.murakoze.