Abasenateri batangiye umwiherero i Rubavu

Abagize umutwe wa Sena batangiye umweherero w’iminsi itatu mu karere ka Rubavu. Umwiherero watangiye uyu munsi ugamije kubahuza bakiga ku ngamba zatuma bagira akarusho mu kazi bakora.

Perezida w’umutwe wa Sena, Dr Ntawukuriryayo Jean damascene, atangaza ko umwiherero abaturage bawufitemo inyungu nyinshi kuko bagiye kurushaho kwegerwa bagatanga ibitekerezo by’ibyo bifuza.

Ntawukurirwayo yagize ati “Bamwe mubagize umutwe wa Sena baracyari bashya muri ako kazi. Ni ngombwa ko bigira hamwe uburyo bagomba gukora akazi neza bagakomereza aho bagenzi babo basimbuye bagereje.”

Sylidio Sebuharara

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

sena y,urwanda irakora pe

yanditse ku itariki ya: 24-11-2011  →  Musubize

Sena ni urwego rukomeye kandi rufite ingufu mu gufata ibyemezo mu mwiherero turabasaba ko bafata ingamba zihamye bigana ibyemezo Sena y’Amerika ijya ifata.

kirezi yanditse ku itariki ya: 17-11-2011  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka