Abandi basirikare n’abapolisi berekeje muri Mozambique (Video)

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Nyakanga 2021, ikindi cyiciro cy’abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda berekeje muri Mozambique, bakaba bagiye mu bikorwa byo gucunga umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado, imaze igihe kinini ifite ibibazo by’umutekano muke.

Iryo tsinda rigiye risangayo abandi bagenzi bagenzi 1000 bagiye ejo ku wa Gatanu muri iyo Ntara ya Cabo Delgado iherereye mu Majyaruguru ya Mozambique.

Kohereza abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda muri icyo gihugu, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibikoze ku busabe bwa Guverinoma ya Mozambique, kuko iyo Ntara yibasiwe bikomeye n’ibikorwa by’iterabwoba bihungabanya umutekano.

Reba muri iyi Video uko icyo gikorwa cyagenze

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Inkotanyi cyane nimukore ntihazagire mounts Mozambique urengana ,nurutaruru twararureanye.

Mbogo yanditse ku itariki ya: 10-07-2021  →  Musubize

Batwitaga inyangarwanda,bakatwita ingegera ,none reba nitwe gisubizo cy’amahanga. Nimugakore basore kuko turashaje aliko ntimuzadusebye ago muzajya hose ,Gihanga atazagukubita urushyi wagayishije urwakubyaye. Iyi mpanuro uzayirage abazagukokaho .ishema ryacu ,ndinkotanyi yamarere.......

Mbogo yanditse ku itariki ya: 10-07-2021  →  Musubize

Mozambike nyifurije amahoro aturutse kungabo z’urwanda Kiko zatojweneza nintangarugero kwisiyose Kandi namwe mwangabomwe mugiriwe confidence muhesh igihugu cyanyu ishema Kandi mbibutse kwirinda COVID-19 Imana ibibafashemo ndimubugesera mareba nyamigina umuduguduwa kabingo.

Tujyinama Bosco yanditse ku itariki ya: 10-07-2021  →  Musubize

Mozambike nyifurije amahoro aturutse kungabo z’urwanda Kiko zatojweneza nintangarugero kwisiyose Kandi namwe mwangabomwe mugiriwe confidence muhesh igihugu cyanyu ishema Kandi mbibutse kwirinda COVID-19 Imana ibibafashemo ndimubugesera mareba nyamigina umuduguduwa kabingo.

Tujyinama Bosco yanditse ku itariki ya: 10-07-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka