Abahatanira ikamba rya Nyampinga w’igihugu batemberejwe Pariki y’Akagera - AMAFOTO

Abakobwa 15 bahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda batemberejwe ibice bigize Pariki y’igihugu y’Akagera, basobanurirwa amateka yaho n’ibiyigize. Iki gikorwa kiri muri gahunda yo kubafasha gusobanukirwa byinshi mu bigize igihugu.

Aba bakobwa bari bishimiye uru rugendo muri Pariki y'Akagera.
Aba bakobwa bari bishimiye uru rugendo muri Pariki y’Akagera.
Aha berekwaga ibisigazwa by'imwe mu ngona zigeze kuba muri Pariki y'Akagera.
Aha berekwaga ibisigazwa by’imwe mu ngona zigeze kuba muri Pariki y’Akagera.
Muri iyi Pariki habayemo inyamaswa zitandukanye kandi hagiye hasigara n'inzibutso zazo.
Muri iyi Pariki habayemo inyamaswa zitandukanye kandi hagiye hasigara n’inzibutso zazo.
Biboneye imparage imbonankubone.
Biboneye imparage imbonankubone.
Mu zindi nyamaswa biboneye harimo n'inzovu.
Mu zindi nyamaswa biboneye harimo n’inzovu.
Muri pariki y'Akagera haba harimo n'aho abantu baruhukira.
Muri pariki y’Akagera haba harimo n’aho abantu baruhukira.
Bageze no ku kiyaga kibarizwa muri iyi pariki.
Bageze no ku kiyaga kibarizwa muri iyi pariki.
Ibyo bisanduka nibyo byajemo intare ziherutse kugezwa muri iyi pariki.
Ibyo bisanduka nibyo byajemo intare ziherutse kugezwa muri iyi pariki.
Abenshi bari batunguwe n'ibyo babonesheje amaso yabo bwa mbere.
Abenshi bari batunguwe n’ibyo babonesheje amaso yabo bwa mbere.
Bafashe n'ifoto y'urwibutso n'abakozi ba Pariki y'Akagera.
Bafashe n’ifoto y’urwibutso n’abakozi ba Pariki y’Akagera.
Bari baherekejwe mu nzira zose bacagamo.
Bari baherekejwe mu nzira zose bacagamo.
Yaratunguwe no kubona ubwiza bwa Pariki y'Akagera.
Yaratunguwe no kubona ubwiza bwa Pariki y’Akagera.

Ushatse kureba andi mafoto menshi wakanda aha https://www.flickr.com/photos/kigali-today/albums/72157662670836733

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

niko bitangira!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!

KARAHANYUZE yanditse ku itariki ya: 23-02-2016  →  Musubize

ahhahha kuri iyo foto ari benshi nabashinzwe umutekano ndabona hariho ibiganza byikigabo cyafumbase aba miss babiri ahhahha ubwo se iyo kihangana numushukwe mubi wacyo

bb yanditse ku itariki ya: 23-02-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka