My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1303 )

Dukomeje kubashimira amakuru meza mukomeje kutugezaho mujye mukurikirana mumurenge nka Gatenga naho mutubwire murakoze

Niyomugabo Eugene yanditse ku itariki ya: 13-05-2024  →  Musubize

Mugihe nkiki igihugu cyacu kitegura ikirori gikomeye cyane cyo gutora Nyakubahwa President was Republic . Ntumiye buri munyarwanda wese aho Ari azafate umwanya wambere , mucyumba cyitora.

Nahimana Emmanuel yanditse ku itariki ya: 10-05-2024  →  Musubize

njyewe mperereye inyanza ya butare ndashaka ko mutugezaho amakuru yabaye ejo kuwa 8.gicurasi .2024 kubijyanye na cyber Rwanda murakoze

Iyamuremye peace ornella yanditse ku itariki ya: 9-05-2024  →  Musubize

Dukunda ibyo mutubwira ni ingirakamaro

Jean Xavio yanditse ku itariki ya: 7-05-2024  →  Musubize

Dukunda ibyo mutubwira ni ingirakamaro

Jean Xavio yanditse ku itariki ya: 7-05-2024  →  Musubize

Mbakundira makuru mutujyezaho

Mazimpaka z.i.d. yanditse ku itariki ya: 30-04-2024  →  Musubize

Muraho neza mukarere kanyanza umurejye wa ntyazo akagari kakagunga izuba ritumereye nabi inyaka yarunye twabuze imvura

HAKIZIMANA ALEXIS yanditse ku itariki ya: 29-03-2024  →  Musubize

muraho neza nukur turabakunda kdi dukunda amakur mugeza kubanyarwanda muherutse gukora inkuru kurupfu rwumwana wumusore witabye imana muri iki cyumweru mumurenge wa ndaro bitewe ninzoga babajije gitifu ati rekada ntazihar ahaa narumiwe pe kuko uretse nabaturage nabayobozi zizabahitana pe muzabaze neza uwitwa sedo wakagari ka kabageshi ntagifite izina rye bwite bamuhimbye kimemeti cg sanza amaboko niba reta ntacyo ikoze ngo ikumire kiriya kiyobya bwenge kizabamaraho abantu murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 28-03-2024  →  Musubize

Nitwa NIYONSENGA jean damascene nize indimi n’ubuvanganzo nkaba nararangije muri 2022nkaba narabonye amanota39kuri60Literature C Kiswahili C Kinyarwanda B General study & communication skills S ENT ship E munshakiye akazi mwaba mukoze neza cyane.mugihe ntegereje igisubizo cyanyu cyiza mbaye mbashimiye

Niyonsenga jean damascene yanditse ku itariki ya: 22-01-2024  →  Musubize

Nitwa NIYONSENGA jean damascene nize indimi n’ubuvanganzo nkaba nararangije muri 2022nkaba narabonye amanota39kuri60Literature C Kiswahili C Kinyarwanda B General study & communication skills S ENT ship E munshakiye akazi mwaba mukoze neza cyane.mugihe ntegereje igisubizo cyanyu cyiza mbaye mbashimiye

Niyonsenga jean damascene yanditse ku itariki ya: 22-01-2024  →  Musubize

Mwiriwe? nifuzaga akazi mfite A2 kumanota 57 kuri 60 Geography A Economics A history B entrepreneurship A General study S mugihe nyitegereje igisubizo cyanyu ndabashimiye mugire akazi keza numunsi mwiza Kandi Imana ibane namwe nomero ni 0781605630

Mukunzi Elie yanditse ku itariki ya: 20-01-2024  →  Musubize

MURAKOZE KUTUGEZAHO AMAKURU MEZA.

MANISHIMWE LUCIE yanditse ku itariki ya: 18-01-2024  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka