Umuhanzi Senderi International Hit usanzwe ahimba indirimbo zirimo n’iz’amakipe, yamaze guhimbira Rayon Sports indirimbo nshya
Ku rutonde ngarukakwezi rukorwa na FIFA, u Rwanda mu mpira w’amaguru ubu rurabarizwa ku mwanya wa 138 ku isi
Salman Bin Ibrahim Al-Khalifa, igikomangoma cya Bahrain cyaraye kigeze i Kigali aho cyaje kwitabira inama ya FIFA izabera i Kigali
Cassa Mbungo wari umaze umwaka atoza Kiyovu Sports yamaze gusezera ku mirimo ye kubera kudahembwa
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo Perezida wa FIFA Gianni Infantino yageze mu Rwanda aho aje kuyobora inama ya FIFA
Guhera ku wa Kane tariki 24 Ukwakira 2018 i Kigali harateranira inama ihuza abayobozi bakuru b’ishyirahamwe ry’umukino w’umupira w’amaguru ku isi.
Perezida Paul Kagame yongeye kugaragaza ishema atewe n’ikipe ya Arsenal afana, nyuma y’intsinzi y’ibitego 3 kuri 1 yaraye ikuye ku ikipe ya Leicester City.
Umunya-Ghana Michael Sarpong uheruka gusinyirs Rayon Sports, yamaze kubona ibyangombwa bimwemerera kuyikinira.
Mu muhango w’ihererekanyabubasha hagati ya Min Nyirasafari na Madamu Uwacu Julienne asimbuye, Minisitiri Uwacu yamurikiwe ibikorwa byari byaratangiwe birimo Stade ntoya igiye kubakwa
Abafite ubumuga bakundaga kugaragara mu yindi mikino, batangiye no kugaragara mu mukino wa Tennis, babitewemo inkunga na Cogebanque.
Igihugu cy’u Buyapani gifite umuco wo gushimira abagira uruhare rwo kwimakaza umuco w’u Buyapani mu bihugu by’amahanga.
Ikipe ya Rayon Sports nyuma y’imyaka igorwa na Etincelles, iyitsinze igitego 1-0 mu mukino wabereye i Rubavu.
Ikipe ya APR Fc yahawe igikombe cya Shampiona yegukanye mu mwaka w’imikino ushize, aho hari harabuze umwanya wo kugitanga
Mu matora yabereye ku kicaro cy’Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Bufaransa FF Cyclisme Aimable Bayingana usanzwe ayobora ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare mu Rwanda, yatorewe kuyobora impuzamashyirahamwe y’umukino w’Amagare muri Francophonie ku rwego rw’isi .
Shampiona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru iratangira kuri uyu wa Gatanu, aho abakunzi benshi b’umupira bayitegereje n’amatsiko menshi
Mu birori byo guhemba abakinnyi bitwaye neza muri Rayon Sports mu mwaka w’imikino ushize, Muhire Kevin yatowe nk’umukinnyi w’umwaka
Mu bihembo by’abakinnyi n’abatoza bitwaye neza mu mwaka w’imikino 2017/2018, Hakizimana Muhadjili atowe nk’umukinnyi w’umwaka
United Generation Basketball (UGB) ifatanyije na Star Times Basketball League bari gutegura irushanwa rya mbere bise Umurage, riteganyijwe kuva tariki 26 kugeza kuri 28 Ukwakira kuri stade Amahoro.
Amavubi yagiye mu gikombe cy’ Afurika mu 2004 amaze imyaka isaga 13 yifuza gusubirayo bikanga. Nyuma yo gukomeza gutenguha Abanyarwanda MINISPOC na FERWAFA bari gushakira igisubizo mu gutegura amakipe y’igihugu y’abakiri bato ahoraho kimwe na Shampiyona yabo.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje urutonde rw’abakinnyi 15 bari mu byicoro bitanu, bakazatoranywamo abakinnyi bahize abandi muri Shampiona 2017/2018
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda inganyije na Guinea igitego 1-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, ihita ibona inota rimwe kuri 12 amaze gukinirwa.
Bimenyerewe ko mu mikino y’ibihugu, yaba amarushanwa cyangwa se iya gicuti, igomba kubimburirwa n’indirimbo zubahiriza ibihugu.
Rayon Sports yamuritse umwenda izaserukana muri shampiyona ya 2018/2019 ugaragaraho umuterankunga mushya witwa BONANZA.
Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi Haruna Niyonzima, aratangaza ko abifuza ko asezera mu ikipe y’iguhugu atari cyo gihe cyo gusezera
Nyuma yo gutsindwa imikino itatu ibanza mu gushaka itike ya CAN 2019, Mashami Vincent yatangaje ko azakora impinduka ku ikipe izabanzamo bakina na Guinea Conakry
Umunyarwanda Muhitira Felicien w’imyaka 23 yegukanye umwanya wa kabiri mw’isiganwa rikomeye ryo mu Bufaransa rizwi nka “20km de Paris”.
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Mashami Vincent aratangaza ko Amavubi yiteguye urugamba rwo guhangana n’Inzovu za Guinea Conakry.
Abafana ba Gicumbi FC bahangayikishijwe n’umusaruro iyo kipe izatanga muri shampyiona y’ikiciro cya mbere, mu gihe igifite abakinnyi ihemba ibihumbi 20Frw ku kwezi.
Mu mukino w’igikombe kiruta ibindi, APR yegukanye igikombe itsinze Mukura ibitego 2-0, mu mukino wabereye kuri Stade Umuganda i Rubavu
Mu isiganwa ry’amagare rizwi nka Rwanda Cycling Cup, Manizabayo Eric niwe wegukanye agace Musanze-Rubavu