• Menya uko inyoni zimenya ko bukeye zikaririmba

    Nta kintu cyiza nko kubyuka wumva inyoni ziririmba dore ko hari izigira amajwi meza. Indirimbo zituje ziririmbwa n’inyoni mu gitondo, zinogera amatwi n’imitima y’abantu. Ariko se inyoni zidukangura ngo tubyuke tujye ku murimo zibwirwa n’iki ko bukeye ngo ziririmbe?



  • Hari abatakibona umwanya wo kubeshya

    Mu gihe mu bihe byashize abantu batandukanye babaga bafashe umunsi wa mbere w’ukwezi kwa kane nk’umunsi udasanzwe, bamwe bafataga nk’umunsi wo kubeshya ndetse bakanabikora, muri iki gihe iyo myumvire isa n’igenda ihinduka, aho abantu bavuga ko bashishikajwe no gushaka imibereho kuruta kwirirwa bahimba ibinyoma byo kubeshya (...)



  • Ibi binini bizagabanya ikorwa ry

    Habonetse ibinini bifasha abagabo kuboneza urubyaro

    Isuzuma rya mbere ryakozwe ku binini byafasha abagabo kuboneza urubyaro ryagaragaje ko bishoboka cyane, bikazaza byunganira uburyo busanzwe buhari mu kuboneza urubyaro.



  • Indege zigendera mu kirere cya kure kenshi zigaragara zica imirongo y

    Kuki indege ziri hejuru cyane zica imirongo isa nk’imyotsi?

    Ni kenshi tubona mu kirere indege ziri kure zigenda zica imirongo y’imyotsi, ariko zaba zegereye ku butaka zikaboneka nta myuka zisohora.



  • Menya abagore 10 bakize kurusha abandi muri Afurika

    Mu gihe abagabo nka Jeff Bezos ukize kurusha abandi ku isi na Aliko Dangote ukize kurusha abandi muri Afurika bakunze kuvugwa, uyu munsi Kigali Today yabakusanyirije amakuru ku bagore b’abaherwe kurusha abandi muri Afurika.



  • Irwanya umuvuduko w’amaraso, diyabete… dore ibyiza bya ‘Vin Rouge’ ku buzima bw’umuntu

    Abasanzwe banywa divayi itukura (Red Wine/Vin Rouge), bazi ko ari byiza kuyinywa nyuma yo gufata ifunguro ryabo, cyangwa nyuma y’akazi nimugoroba, bakamenya ko ari isoko y’ibyishimo, ko ifasha mu kuruhuka no gutuma baseka n’ibindi byiza bayivugaho.



  • Amaroza atukura

    Dore icyo indabo zisobanura n’igihe zikoreshwa

    Indabo zigaragara mu bihe bitandukanye by’ingenzi mu buzima bw’abantu, nko mu birori byo kwizihiza isabukuru z’amavuko, mu gushyingura abitabye Imana, mu birori byo kurangiza amashuri, mu bukwe no mu bindi, ku buryo indabo zifite uruhare mu buzima bw’abantu bwa buri munsi.



  • Hari abagira amatsiko y

    Ibicuro, gucana umuriro ugahutera, inkono ibize nabi, kubabara umugongo,... Ibimenyetso bifatwa nk’imbuzi

    Hari abantu bavuga ko bagize ibicuro, cyangwa bakabona ibindi bimenyetso kandi bakemeza ko ibyo ibicuro byabo cyangwa ibimenyetso byasobanuraga babibonye, cyangwa biteguye kubibona vuba.



  • Guseka ni umuti ukomeye kandi uboneka mu buryo bworoshye

    Igitwenge: Umuti ukomeye uvura guhangayika(Byinshi ku kamaro ko guseka)

    Ni byiza kwishimana n’abantu mugaseka, ariko se mwari muzi ko guseka bifite akamaro gakomeye mu buzima bw’umuntu?



  • Ibyuma bikoreshwa basaka byaba bigira ingaruka ku buzima?

    Abahanga mu bijyanye n’ikoreshwa ry’ibyuma bisaka bishyirwa ku bibuga by’indege n’ahandi hari inzu zihurirwamo n’abantu benshi, bavuga ibitandukanye ku kuba byaba bigira ingaruka ku buzima bw’abantu cyangwa se ntazo.



  • Menya ingaruka zo kudefiriza umwana

    Muri iyi minsi, hari ababyeyi benshi bahitamo gushyira imiti (produit) mu misatsi y’abana babo, kugira ngo inyerere, yorohe, isokoreke bitagoranye, hakaba n’ababyeyi bavuga ko iyo umwana afite imisatsi idefirije, ari bwo agaragara neza. Kigali Today yashatse kumenya niba kudefiriza umwana ari byiza cyangwa ari bibi, (...)



  • Kugenda kuri moto mu mvura ni kimwe mu byagukururira gukubitwa n’inkuba

    Mu gihe Itumba rya 2019 ryitezweho kuzarangwa n’imvura nyinshi, Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) iravuga ko hari imwe mu myitwarire, irimo no kugenda ku binyabiziga bidatwikiriye, ishobora kubakururira gukubitwa n’inkuba.



  • Mukaperezida na Kwizera

    Kuki umusore arongora umukecuru bikaba ikibazo?

    Mu gihe mu Rwanda usanga bamwe bafata ko umusore yagombye gushakana n’umukobwa aruta cg bari mu kigero kimwe, muri 2014, mu Karere ka Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba, umusore w’imyaka 23 witwa Mohamed Habimana yabengutse uwitwa Jeannette Kamagaju w’imyaka 60 y’amavuko abantu bamwe baravuga ngo ‘ishyano ryaguye’.



  • ibyishimo byari byose ku maso ya Donath na Mukamuganga Monique nyuma yo gusubizwa uburenganzira bari bambuwe

    Nyuma yo kwangirwa gushyingirwa na pasiteri, itorero ryabakoreye ubundi bukwe

    Kuri uyu wa gatandatu tariki 23 Gashyantare 2019, byari ibirori bikomeye mu itorero Methodiste Libre Paruwasi ya Mwito mu karere ka Nyamasheke u murenge wa Bushenge, ubwo hatahaga ubukwe budasanzwe bwa Sibomana Donath na Mukamuganga Monique, abantu bose batabasha guhisha amenyo uretse pasitori wabasezeranyije wenyine.



  • Menya impamvu kwayura byandura

    Bavuga ko umuntu runaka yayuye iyo, imikaya yo mu myanya mpumekero ye irambutse, bikarangwa n’uko umuntu yasama akinjiza umwuka mwinshi mu bihaha kandi atabiteguye, bigakorwa mu bice bitatu ari byo: kwinjiza umwuka mwinshi kandi bigafata igihe kirekire kiruta ibisanzwe, hagakurikiraho agahe gato umuntu asa nk’uretse (...)



  • Ni byiza gushyiraho uburyo buhoraho bwo guha abana amazi

    Umwana akenera kunywa amazi kurusha n’umuntu mukuru

    Abana bakenera kunywa amazi kurusha n’abantu bakuru, kuko bo imibiri yabo iba igikura, kandi ikeneye amazi ahagije.



  • umusatsi ukenera kwitabwaho kugira ngo udacikagurika cyangwa ugapfuka

    Ibi ni bimwe mu byarinda umusatsi wawe gupfuka

    Hari abantu baba bari basanganywe imisatsi myiza, ibyibushye, ubona ko ifite ubuzima, nyuma y’igihe runaka, ukabona ya misatsi itangiye koroha bidasanzwe, ikajya ipfuka, uko umuntu asokoje akabona imisatsi myinshi yarandutse isigaye mu gisokozo.



  • Koza amenyo ni ingenzi ku buzima

    Wari uzi impamvu ari ngombwa koza amenyo nibura kabiri ku munsi?

    Koza amenyo nibura inshuro ebyiri ku munsi, bikwiye kuba muri gahunda y’umunsi kuri buri wese, nk’uko abantu bagomba kurya kugira ngo babeho.



  • Menya igitera ibirenge kunuka n’uko wabyirinda

    Abantu benshi bakunze kubira ibyuya mu birenge cyane cyane igihe bambaye inkweto zifunze, bamwe bikabaviramo kunuka mu birenge.



  • Menya ibyiza byo kurongora ukiri mu myaka 20

    Ubushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru Daily Mail, bugaragaza ko abantu bashakana bakiri mu myaka 20 bafite amahirwe yo gusinzira neza iyo batangiye kuba ibikwerere (imyaka 40), kandi ntibagire imihangayiko cyane (stress).



  • Mbarushimana n

    Noneho n’ukiri mu nda ya nyina yatangiye Itorero

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buravuga ko Itorero ryo ku Mudugudu ryitezweho gukemura ibibazo by’amakimbirane mu miryango no kurwanya guterwa inda kw’abangavu.



  • Igitaramo cya Buravan, urupfu rwa Bush, umuryango wa Jay z na Beyonce muri Afurika ni bimwe mu byaranze iyi weekend

    Iyi weekend ntiyari isanzwe - Dore bimwe mubyayiranze

    Izi mpera z’icyumweru zarimo ibikorwa byinshi by’imikino n’imyidagaduro kuburyo irinze irangira abantu bakiryohewe, ariko kandi abanyamerika bo bari mu marira kubera urupfu rw’uwahoze ari perezida wabo.



  • Sully iryamye iruhande rw

    Imbwa yafashaga imirimo muzehe Bush yashenguwe n’urupfu rwe

    Imbwa yitwa Sully yafashaga George Hurbert Walker Bush wabaye Perezida wa 41 wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yashenguwe n’urupfu rwe, aho yagaragaye iryamye iruhande rw’isanduku irimo umurambo w’uwo mugabo uherutse kwitaba Imana.



  • Bamwe mu Banyakabera bo mu Murenge wa Muhanga

    Muhanga: Abakobwa babiri bazengereje umukecuru bifuza kumusenga nk’Imana

    Umukecuru witwa Nyirabidahirika Rissa utuye mu Mujyi wa Muhanga, arashinja abakobwa babiri babana mu itsinda ryiyise Abanyakabera kumubangamira, ngo bashaka kumusenga nk’Imana yabo.



  • Umuhanzi Manowa akangurira abakirisitu gukizwa neza

    Gukizwa nabi bitera umukasiro- Umuhanzi Manowa

    Umuhanzi Manowa, ni umwe mu bahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana zizwi ku izina rya "Gospel", mu ruhando rwa muzika.



  • Reba umuzungu uhamiriza zigata izazo

    Nyir’amaso yerekwa bike, ibindi akirebera. Irebere uyu muzungu wanyuzwe n’imbyino Gakondo z’Abanyarwanda, akanafata umwanya wo kwiga kuzibyina, ku buryo ubu azibyina zigata izazo.



  • Abagabo ngo bahugira muri aya mafirime, ibyo babonye bagashaka kubikoresha abagore babo bigateza umwiryane

    Nyaruguru: Firime z’imibonano mpuzabitsina ziri guteza ubushyamirane mu bashakanye

    Abatuye mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko iwabo hari abashakanye bashyamirana biturutse ku bagabo bareba firime z’abakora imibonano mpuzabitsina, bashaka kuzigana ntibabyumvikaneho n’abagore babo.



  • Amagambo yanditswe mu byanditswe byera adasobanuwe neza yateza ibibazo

    Hari amagambo yo mu byanditswe bitagatifu yatera ihohotera atitondewe

    Ibi bivugwa n’umuryango RWAMREK urwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, aho abawugize batangiye gukorana n’amadini, kugira ngo ayo magambo ahabwe ibisobanure bya nyabyo.



  • RDC: Yanze kwanduza ikirato cye, yambuka umugezi amangamanga

    Abanyarwanda bavuga ko ukena ufite itungo rikakugoboka. Ariko ushobora no kugira impano runaka, ikakugoboka igihe uhuye n’ikibazo runaka cy’ingorabazi.



  • Intumwa Gitwaza yabeshyewe, ibiyivugwaho si byo

    Abadasengera muri Zion Temple ishyano ribaguyeho - Gitwaza

    Intumwa Gitwaza akaba Umuyobozi w’Itorero Zion Temple, akunze kuvugwaho ibintu byinshi bimwe biri byo n’ ibindi biba bigamije kumusebya, bitewe n’imibanire ye, n’abo bakorana uwo bita umurimo w’Imana.



Izindi nkuru: