• Sobanukirwa inkomoko y’ibishashi by’umuriro bikoreshwa mu birori

    Mu birori bitandukanye cyane cyane ibisoza umwaka, hari imiturika (fireworks/ feux d’artifices) iraswa mu kirere hagasohoka ibishashi by’imiriro bifite amabara atandukanye, ku buryo ibyo bishashi bigera mu kirere bigakora ibintu bisa n’indabo kandi usanga binogeye amaso iyo biraswa. Ariko se bikomoka he?



  • Urubuto rwa ‘Watermelon’ rwakurinda indwara zitandukanye z’umutima

    Muri rusange imbuto ni ingenzi mu kuzuza ifunguro rikwiriye, ariko uyu munsi turavuga ku byiza byo kurya urubuto rwitwa ‘Watermelon’ mu Cyongereza, cyangwa ‘Pastèque’ mu gifaransa. Twibanda ku byiza ruzanira abarurya.



  • Wari uzi ko gusiga verini ku nzara byagutera kanseri cyangwa ubugumba?

    Irangi risigwa ku nzara bita “vernis à ongles” mu gifaransa cyangwa “nail polish” mu cyongereza, ni umurimbo ukundwa n’abagore n’abakobwa batari bake hirya no hino ku isi, ariko Kigali Today yifuje kumenya niba nta ngaruka mbi rigira ku buzima bw’abaryisiga cyangwa se abakora umwuga wo gusiga inzara.



  • Ikirere cya Kigali kiriwe giteye amabengeza

    Muri ibi bihe by’imvura, ikirere cyo hirya no hino mu gihugu cyakundaga kwirirwa kijimye aho umwanya uwo ari wo wose cyatangaga imvura. Icy’uyu munsi mu Mujyi wa Kigali Kiriwe gikeye kibereye ijisho ubona ko bitari bisanzwe mu gihe cy’imvura nk’iki.



  • Ibyo wamenya ku ishusho y’ikiganza yubatswe muri Kigali Convention Centre

    Benshi bagihuje n’inama mpuzamahanga ya 20 kuri SIDA n’indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina (20th International Conference on AIDS and Sexually Transmitted Infections in Africa -ICASA), iheruka kubera mu Rwanda, hari bavuze ko iki kiganza ari ikimenyetso gihamagarira abantu kwirinda SIDA, mu gihe hari n’abavuze ko (...)



  • Amadarubindi ashobora kukurinda indwara z

    Kwambara amadarubindi y’izuba bishobora kukurinda kanseri y’uruhu

    Ubushakashatsi bwakozwe muri 2012 n’ishami ry’umuryango wabibumbye ryita ku buzima (OMS), bugaragaza ko 10% bya kanseri y’uruhu iva ku gihenehene (hejuru y’ijisho) iterwa no kutarinda amaso hifashishijwe amadarubindi arinda izuba.



  • Menya impamvu habaho umukororombya, ukabuza imvura kugwa

    Ni kenshi uzabona ko iyo imvura iguye izuba rirasiramo, mu kirere hahita hishushanyamo umukororombya ndetse n’imvura yari igiye kugwa ikayoyoka cyangwa ikagabanya ubukana yari izanye.



  • Uwimbabazi Delphine w

    Biratangaje: Umukobwa w’imyaka 15 uvuga amazina y’inka

    Uwimbabazi Delphine w’imyaka 15 y’amavuko utuye mu karere ka Bugesera, umurenge wa Mayange, akagari ka Kibirizi, yiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, akaba akora akazi ko kuvuga amazina y’inka mu birori bitandukanye, bikamufasha kwikemurira ibibazo bitandukanye ataruhije ababyeyi.



  • Nkwibutse tumwe mu tubari twagezweho tukaza kuzimira(Amafoto)

    Uko imyaka igenda ishira ni ko iterambere rizana ibyaryo ibyari ibitangaza bigasimbuzwa ibindi. Hari utubari twagiye duhararwa ndetse dukundwa n’abantu, nyamara uko twagiye dushonga byagiye bibera bamwe amayobera.



  • Dore ubukwe 10 bwahuruje abantu n’amaherezo yabwo

    Mu bihe bitandukanye, mu Rwanda hatashye ubukwe buhuruza imbaga y’abantu, babutangaho ibitekerezo cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga.



  • Dore abantu mu Rwanda bateye ivi bigatangaza benshi

    Mbere y’uko umusore n’umukobwa bakora ubukwe cyangwa ngo bajye kwiyerekana imbere y’ababyeyi, barakundana bakemeranya kubana.



  • Menya bimwe mu byamamare bididimanga

    Ubundi kudidimanga ni indwara itangira umuntu akiri muto bikagaragara igihe umuntu avuga ategwa cyangwa asubiramo amagambo amwe n’amwe ku buryo hari igihe gusobanura icyo ashaka kuvuga bimubera ikibazo.



  • Amafoto: Dore ahantu hatanu hatangaje ku isi

    Kuri iyi si dutuye uzatembera ugerageze kugera kure hashoboka hatandukanye n’aho wageze mbere, hakaba hari aho ushobora kuzagera cyangwa waba warageze ukaba wahabona nk’ahantu hadasanzwe bitewe n’imimerere yaho kuri wowe.



  • Imbeba zigishijwe gutwara utumodoka basanga bizitera gutuza no kwizihirwa

    Abashakashatsi bo muri kaminuza ya Richmond muri Amerika bigishije itsinda ry’imbeba 17 uko zatwara utumodoka dutoya dukoze muri ’plastique’ basanze bizigabanyiriza umujagararo (stress).



  • Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yifurije isabukuru nziza Perezida Kagame

    Ubwo yarimo ageza ijambo ku bitabiriye inama irimo guhuza u Burusiya n’ibihugu bya Afurika, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yageze hagati mu ijambo rye, yifuriza Perezida Kagame isabukuru nziza.



  • Menya uko wakwita ku isuku y’amenyo y’abana bato

    Ababyeyi benshi bahura n’ikibazo cyo kurwaza abana indwara z’amenyo n’izo mu kanwa bitewe no kutamenya ikigero gikwiriye umwana atangiriraho gukorerwa isuku y’amenyo.



  • Uwiyise Ben ni uw

    Abagabo babiri biyitiriye Ben Nganji na Rusakara bo kuri KT Radio

    Abagabo babiri b’i Nzega mu Karere ka Nyamagabe, umwe yiyise Rusakara undi Ben Nganji, kubera ko ngo batajya bakura urushinge kuri KT Radio.



  • Sobanukirwa uko ibihugu byahawe kode zikoreshwa mu guhamagara (Igice cya kabiri)

    Ubushize twabagejejeho kode z’ibihugu biherereye kuva muri zone ya mbere kugeza kuri zone ya kane, aho ibihugu byo muri zone ya mbere biba bifite kode itangirwa n’akamenyetso ko guteranya (+) hagakurikiraho umubare 1, nyuma hagakurikraho nimero zikoreshwa muri icyo gihugu kugeza kuri kode ya 4.



  • Wari uzi ko nta muntu utarota? Uko wafasha urota avuga cyangwa agenda

    Inzozi umuntu arota, ziba zitandukanye n’iz’undi, kimwe nuko zitandukana n’izo warose mu gihe cyashize, bityo hakabaho kurota ibyiza cyangwa ibibi, hakabaho kurota ibitabaho cyangwa bitigeze bikubaho, cyangwa ukarota n’ibyabayeho.



  • Ubukwe bwa Ange Kagame na Bertrand Ndengeyingoma

    Dore bimwe mu bihe bitazibagirana byaranze impeshyi ya 2019

    Ubusanzwe igihe k’impeshyi kirangwa n’ibikorwa byinshi bitandukanye harimo n’imyidagaduro. Muri iyi nkuru, Kigali Today irabibutsa bimwe mu bihe bitazibagirana mu mitwe ya benshi byabaye mu gihe cy’impeshyi ya 2019, ni ukuvuga kuva mu kwezi kwa Kamena kugeza muri Kanama 2019.



  • Sobanukirwa ibyerekeranye n’Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye

    I New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika hari kubera inama y’inteko rusange y’umuryango w’Abibumwe (United Nation General Assembly) izamara iminsi itanu.



  • Sobanukirwa uko ibihugu byahawe kode zikoreshwa mu guhamagara (Igice cya mbere)

    Isi igizwe n’ibihugu 195, buri gihugu kikaba gifite umubare ukiranga mu itumanaho, twakwita kode (code).



  • Kwa Rubangura

    Aha hantu hamamaye ku mazina y’abantu ubusanzwe hitwa gute?

    Hari uduce twamenyekanye cyane ku mazina y’abantu bahatuye ndetse n’abahubatse kurusha amazina yaho yanditswe mu byangombwa byemewe n’ubutegetsi bwite bwa Leta.



  • Menya amateka y’Urupapuro rw’inzira (Passeport) rwahozeho na mbere ya Yezu Kristu

    Pasiporo (Passeport) kuri ubu ifatwa nk’urupapuro rufite agaciro gakomeye, aho ibihugu by’ibihangange biteranya inama zikomeye mu kwiga no gutanga uburenganzira ku mikoreshereze yayo. Hari ababona pasiporo, nk’urupapuro rwakugeza henshi wifuza ku isi, abandi bakayibona nk’urupapuro rufunga imiryango, kuko utayifite, hari (...)



  • Ni nde ugena ibihangano bica mu bitangazamakuru?

    Hari bimwe mu bihangano cyane cyane indirimbo byagiye bitavugwaho rumwe bitewe n’uburyo byitwa cyangwa uburyo amashusho yabyo agaragara, hakaba abavuga ko ayo mashusho ateye isoni kandi agacishwaho ku masaha y’amanywa, ababyeyi bakinubira ko aya mashusho ashobora kubangamira uburere bw’abana.



  • Ibi byamamare byahisemo kugurana abana amafaranga

    Bamwe muba byamamare (Stars) bakomeye ku isi, usanga barahisemo kutabyara, kuko baba bumva igihe kitaragera, cyangwa bizatuma umwuga wabo wakwangirika, mu gihe umwanya wabo w’akazi bagiye kuwusaranganya no kwita ku rubyaro.



  • Sidu-River-Bridge, ikiraro cya mbere giteye ubwoba ku isi

    Amafoto: Dore ibiraro 20 biteye ubwoba ku isi

    Iyo utwaye imodoka yawe, cyangwa se ugatega izitwara abantu mu buryo rusange, uteze moto cyangwa igare, cyangwa se ukaba ugenda n’amaguru, ni ibisanzwe ko unyura hejuru y’ibiraro.



  • Amapantalo ya plisse ni imwe mu myenda yakunze kwambarwa muri iyi mpeshyi

    Imyenda yo hambere ni yo yakunze kwambarwa muri iyi mpeshyi

    Muri uyu mwaka wa 2019 aho iterambere rigeze usanga hagenda havuka ibintu byinshi bitandukanye, ariko mu by’imyambarire si ko ubisanga kuko abenshi ubu bagenda bambara imyambaro yo hambere muri za mirongo icyenda (1990), cyane cyane ubu aho Abanyarwanda basigaye bakunze kwambara ngo baberwe atari ukwambara gusa.



  • Wari uzi ko gufuha ari uburwayi?

    Abantu benshi bakunze kujya impaka ku gikorwa cyo gufuha, aho bamwe bavuga ko gufuha ari urukundo rwinshi, kuko utafuhira uwo udakunda, abandi bakavuga ko biterwa no kutizerana. Ni mu gihe abize imbonezabitekerezo (psychology) bo bagaragaza ko gufuha ari uburwayi.



  • Abahanzi ni bamwe mu bumvikana bakoresha bene izo mvugo mu bihangano byabo bakagira n

    Zimwe mu mvugo zikoreshwa n’urubyiruko zaba zarakomotse he?

    Mu rubyiruko hari imvugo nyinshi zikoreshwa ahanini n’urubyiruko, baganira bashaka kuzimiza cyangwa kuryoshya ikiganiro nk’abantu b’urungano.



Izindi nkuru: