Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Ukwakira 2016, nibwo umuhango wo guherekeza Senateri Jean de Dieu Mucyo uherutse kwitaba Imana azize urupfu rutunguranye watangiye.
Wabimburire no gusezera bwa nyuma Nyakwigendera, umuhango wabereye mu rugo iwe i Nyamirambo mu Murenge wa Kivugiza.
Umuhango wo gushyingura Senateri Mucyo
Nyuma y’uyu muhango bakomereje mu Nteko ishinga amategeko Umutwe wa Sena, aho abayobozi bakuru b’igihugu bagiye ku musezera, bagakomereza muri Paroise Regina Pacis ku musabira ku Mana.
Kigali Today irahababereye irakomeza kubagezaho uko uyu muhango ugenda.
U RDA tubuze Intwari,Imana imuhe iruhuko ridashira kdi Twihanganishije umuryango we n’abanyarda Bose muri rusange.
Imana Irinde Umuryango We.
mucyo wari umucyo umurikira abandi Rurema akwakire agutuze mu mahoro iteka ryose umuryango mugari wabanyarwanda tuzahora tukwibuka iteka ntituzakwibagirwa.
REST IN PEACE
nubwo mutuvuyemo tuzahora tubibuka iteka kuko mwari intwari.
Mucyo ibyo yakoreye igihugu cyacu byanditswe mu mateka yacyo, tuzahora tubimwibukira! Intwari ntipfa irasinzira! Ruhukira mu mahoro ntwari Y, u Rwanda!
MUCYO TUZAHORA TUKWIBUKA KANDI IBYO WAKOZE IMANA IZABIGUHEMBERE,KANDI UMURYANGO WAWE IMANA IWUBE HAFI
Imana imuhe iruhuko ridashira kdi abasigaye twifatanyije namwe
imana imwakire mu bayo , kandi imirimo myiza yakoze imana izayimuhembere.
Hon Mucyo udusigiye intimba ikomeye kurinjye sinabona icyo nkuvugaho agahinda kanshenguye umutima. ruhukira mu mahoro natwe abo usize ikivi usize tuzacyusa kandi imirimo myiza wakoreye Igihugu cyacu turayizi twifatanyije n’umuryango.
Ntagushidikanya Data wo mwijuru yaramwacyiriye mu ntore ze kdi nanjye ndabihamya.gusa ajyiye twari tucyimucyeneye.Mucyo; ijyendere ariko tuzahora tukwibuka.gusa igihugu gihombye umuntu ukomeye.ukuntu yacishaga macyeee
.ahwii Mana weee
manawe cyokoza uyumuntu arababaje imana imuhe ibiruhuko bidashira abasigaye imana ibarinde
Senateri mucyo imana imwakire mubayo kandi ntituzamwibagirwa