Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”

Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.

Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.

Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.
Iyi ni yo Golden Tulip La Palisse Nyamata.

Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.

Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.

Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.
Golden Tulip ifite amahoteli akomeye hirya no hino ku isi.

Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 252 )

Amahoro, mfite A0 muri Surveying and Geomatic Engineering. Muduhaye akazi byaba ari inyamibwa Ku mpande zombi, murakoze.

Uwitonze.john yanditse ku itariki ya: 22-03-2017  →  Musubize

nanjye ndanjyije muri construction A2 nkaba nifusa akazi muri yo hoteri mwabamukoze 0727712682

vital yanditse ku itariki ya: 22-03-2017  →  Musubize

muraho neza nanjye nasabaga akazi muri hotel yanyu narangije amashuri yisumbuye umwaka ushize ndumukobwa wimyaka 18 nkaba nasabaga ibijyanye no kwakira ababagana murakoze mbaye mbashimiye mugihe ngitegereje igisubizo cyanyu cyiza

BELYSE yanditse ku itariki ya: 19-03-2017  →  Musubize

nanjye ndashaka akazi muri hotel yanyu nize computer science mfite A2 knd mfite ubushake nubushobozi bibaye byiza mwazampa ibijyanye nibyonize bishobotse mwambona kurizi n 0783959072/0728959072/0727467483 murakoze mugihe tugitegereje igisubizo cyanyu

fred yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

Muraho neza,amahoro yimana abane namwe,twishimiye itangazo mwatujyejejeho ryakazi,najye nifuzaga akazi muri hotel yanyu akazi akariko kose nagakorana umwete kandi ngakunze muburyo bwokwakira neza abatugana noguteza imbere hotel.nize icungamutungo ndagiza amashuli yisumbuye,murakoze mugihe nyitegereje igisubizo cyanyu kiza mbaye mbashimiye uburyo mubyakiriye.

Queen hawa yanditse ku itariki ya: 11-03-2017  →  Musubize

muraho neza nize mfite A2 muri mathematic,physics, chemistry and entrepreneurship nkaba nifuza akazi muri iyo hotel kuko mfite ubushake ningufuzogukora mu nyemereye mwambona kuri tel:0723278990 ,0785536175 murakoze mbaye mbashimiye kutugezaho iritangazo

kwizera martin yanditse ku itariki ya: 10-03-2017  →  Musubize

najye ndagakeneye nagarukiye level3/4environmental management ajariko kose

ndi theo yanditse ku itariki ya: 4-03-2017  →  Musubize

NAJYE SHAKA AKO GUKORA MURI JARDIN

GATETE yanditse ku itariki ya: 2-03-2017  →  Musubize

Nange MfiteA2mubyubukerarugendo Nkaba Nifuza Akazi Mubijyanye Na Front Office

Nitwa Nisingizwe Lydie yanditse ku itariki ya: 21-02-2017  →  Musubize

njyewe ndasaba akazi mumwanya uwariwowose waboneka nkaba mfite impamyabumenyi ya A2 muri mathematics,economics and geography(MEG) murakoze nkabanegereje igisubizo cyiza ndabashimiye.

Nshimiyimana Gilbert yanditse ku itariki ya: 6-02-2017  →  Musubize

Mfite Impamya Bumenyi A2 Mubukera rugendo Na Ma hotel Najye Nifuzaga Akazi Murakoze cyane

Bigirimana Alias yanditse ku itariki ya: 30-01-2017  →  Musubize

mubyukuri nihoteri nziza .mfite A2 in physics chemistry and biology nkaba ndikurangiza kaminuza in agriculture engineering. nabasabaga akazi.murakozee

NDAHIMANA FELIX yanditse ku itariki ya: 23-01-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka