Umwe mu nyeshyamba zateye mu kinigi zikica abaturage 8 yavuze byinshi kuri icyo gitero (Video)

Habumukiza Theoneste wari uzwi ku izina rya Antreparanthèse mu nyeshyamba, akaba n’umwe mu nyeshyamba zagabye igitero mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, yasobanuye byinshi kuri icyo gitero.

Habumukiza yarangije kaminuza, muri Kaminuza y’u Rwanda mu cyahoze ari ’SFB’, arangije abona akazi aho yakoraga muri Sosiyete y’ubwishingizi ya Radiant.

Nyuma yaje kujya mu mitwe irwanya Leta y’u Rwanda, akaba yaraje gufatwa n’ingabo za Kongo Kinshasa, akoherezwa mu Rwanda hamwe n’abandi 56 ndetse n’umusivili umwe.

Umva uko asobanura iby’igitero cyo mu Kinigi

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ngenarenganiye mumurengewa rusororo akagarika nyagahinga umuduguduwa kanyinya ahonambuwe numucuruzi amafaranga angananibuhumbi ijananacuminumunaninoneyarayanyimyep mungirinam

Nsengiyumva yanditse ku itariki ya: 30-12-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka