RIB yafashe Byukusenge washakishwaga ku cyaha cyo kwica umuntu
Yanditswe na
Malachie Hakizimana
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruramenyesha abaturarwanda ko Byukusenge Froduard bakunze kwita Nzungu washakishwaga n’Ubugenzacyaha ku cyaha cyo kwica umuntu mu Karere ka Gakenke, yafatiwe mu Murenge wa Juru mu Karere ka Bugesera.
RIB irashimira abaturage batanze amakuru kugira ngo afatwe.

Ohereza igitekerezo
|