RIB irashakisha umugabo wishe umugore we agahita atoroka

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwtangaje ko rushakisha umugabo witwa Nshimiyimana Emmanuel, ukekwaho kwica umugore we mu Murenge wa Rukumberi, Akarere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba.

Uwo mugabo bivugwa ko yavutse tariki ya 01 Mutarama 1984, akaba ari mwene Mucyezangango na Niragire.

RIB irasaba uwamubona ko yakwihutira kumenyesha Sitasiyo ya RIB cyangwa Polisi imwegereye.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ndarangisha umwana w’umukobwa witwa Uwamahoro Gisèle twabuze kuwa gatandatu le10/10/2020 yavuye murugo nimugoroba saa 19h30 tudahari aragenda tukaba dutuye mumudugudu wa nyakabande akagari ka Gasanze umurenge wa Nduba akarere ka Gasabo umujyi wa Kigali uwamubona yahamagara kuri number 0789659315 0725077789 niba byakunda mwatubwira uko twabaha ifotoye kugirango bidufashye kumubona byiroshye kdi niba bisaba kwishyura mwatubwira uburyo twakwishyura ariko mukadutambukiriza itangazo

Sebunani Innocent yanditse ku itariki ya: 12-10-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka