RIB irashakisha umugabo wishe umugore we agahita atoroka
Yanditswe na
KT Editorial
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwtangaje ko rushakisha umugabo witwa Nshimiyimana Emmanuel, ukekwaho kwica umugore we mu Murenge wa Rukumberi, Akarere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba.

Uwo mugabo bivugwa ko yavutse tariki ya 01 Mutarama 1984, akaba ari mwene Mucyezangango na Niragire.
RIB irasaba uwamubona ko yakwihutira kumenyesha Sitasiyo ya RIB cyangwa Polisi imwegereye.
Ohereza igitekerezo
|
Ndarangisha umwana w’umukobwa witwa Uwamahoro Gisèle twabuze kuwa gatandatu le10/10/2020 yavuye murugo nimugoroba saa 19h30 tudahari aragenda tukaba dutuye mumudugudu wa nyakabande akagari ka Gasanze umurenge wa Nduba akarere ka Gasabo umujyi wa Kigali uwamubona yahamagara kuri number 0789659315 0725077789 niba byakunda mwatubwira uko twabaha ifotoye kugirango bidufashye kumubona byiroshye kdi niba bisaba kwishyura mwatubwira uburyo twakwishyura ariko mukadutambukiriza itangazo