RGB yaburiye abanyamadini ku batekamutwe bayiyitirira

urwego rw’igihugu rw’imiyoborere myiza RGB ruraburira abantu bose , cyane cyane abanyamadini ko hadutse abatekamutwe biyitirira urwo rwego bagambiriye kubacuza utwabo.

Itangazo RGB yashyize ahagaragara ryashyizweho umukono na Dr. Usta Kayitesi
Itangazo RGB yashyize ahagaragara ryashyizweho umukono na Dr. Usta Kayitesi

Itangazo ryasinywe n’umuyobozi w’urwo rwego Dr. Kaytesii Usta, ryagaragaje zimwe mu nzira abo batekamutwe bakoresha bashuka abantu bahereye ku byifuzo byabo.

Dr. Kayitesi avuga ko hari abatekamutwe bizeza abantu kubaha amahugurwa mu mahanga, bakabaka amafaranga bababeshya ko ari ayo kugura urwandiko rw’inzira .

Abandi nabo bizeza imiryango itagengwa na leta irimo n’amadini ko bazabafasha kubona ubuzima gatozi n’ibindi byangombwa nabwo bakabasaba amafaranga.

Dore iryo tangazo uko rivuga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka