Polisi yashyikirije abaturage ibikorwa by’iterambere byatwaye Miliyoni 997 Frw

Polisi y’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ukuboza 2021 yasoje ukwezi kwahariwe ibikorwa byayo byibanda ku bukangurambaga mu kurwanya ibyaha no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.

By’umwihariko kuri uyu munsi hirya no hino mu Gihugu, habaye gahunda yo gushyikiriza ibyo bikorwa abaturage, muri uyu mwaka hakaba hizihizwa imyaka 21 y’ubufatanye bwa Polisi n’abaturage mu kubungabunga umutekano no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.

Ibikorwa Polisi yamuritse byatwaye amafaranga y’u Rwanda angana na Miliyoni 997.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka