Polisi yafashe umugabo ukekwaho gukubita no gukomeretsa mugenzi we

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi, yatangaje ko yafashe umugabo witwa Rwakayiro Cesar, ukekwaho gukubita no gukomeretsa mu mutwe mugenzi we witwa Ndungutse Emmanuel.

Ibi byabereye mu Murenge wa Rukoma, mu Karere ka Kamonyi. Ukekwa afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Rukoma mu gihe iperereza ririmo gukorwa n’urwego rubishinzwe

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka