Perezida Kagame yirukanye ba Ofisiye bakuru batandatu bo muri RCS

Perezida Kagame yirukanye ba Ofisiye bakuru 6, ba Ofisiye bato 13, ba Suzofisiye n’Abawada 277 mu rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS). Hari n’abazamuwe mu ntera nk’uko biri mu itangazo rya RCS.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka