Perezida Kagame yazamuye mu ntera Colonel Muhizi Pascal
Yanditswe na
Malachie Hakizimana
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Colonel Muhizi Pascal ahabwa ipeti rya Brigadier General.

Muhizi Pascal yazamuwe mu ntera ahabwa ipeti rya Brigadier General
Brigadier General Muhizi Pascal azwi cyane cyane mu kuyobora ingabo mu bice by’Intara y’Iburengerazuba no mu Majyepfo, akaba yarakunze kugaragara mu biganiro bimuhuza n’abaturage mu rwego rwo gufatanya gucunga umutekano.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|