Perezida Kagame yazamuye mu ntera Colonel Muhizi Pascal

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Colonel Muhizi Pascal ahabwa ipeti rya Brigadier General.

Muhizi Pascal yazamuwe mu ntera ahabwa ipeti rya Brigadier General
Muhizi Pascal yazamuwe mu ntera ahabwa ipeti rya Brigadier General

Brigadier General Muhizi Pascal azwi cyane cyane mu kuyobora ingabo mu bice by’Intara y’Iburengerazuba no mu Majyepfo, akaba yarakunze kugaragara mu biganiro bimuhuza n’abaturage mu rwego rwo gufatanya gucunga umutekano.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka